29/01/2024
President wa Gasogi United ntabwo gahunda yo kwisubiraho ayifite!
Ikinyamamkuru kikugezaho amakuru yose arebana n’Imyidagaduro, Urukundo, imikino, n’andi yose avugwa mu Rwanda ndetse no mumahanga.
President wa Gasogi United ntabwo gahunda yo kwisubiraho ayifite!
AMAFOTO: Byamenyekanye ko Teta Trecy ariwe wabyaranye na Okkama witegura gushyira hanze EP yise ‘Ahwii’.
Uyu muhanzi yaramaze igihe kitari gito abazwa uwo babyaranye imfura ye muri Kamena 2023 ariko akaryumaho.
Police FC yatsinze Rayon Sports penaliti 4-3 nyuma yo kunganya igitego 1-1, igera ku mukino wa nyuma w'Igikombe cy'Intwari aho izahura na APR FC tariki ya 1 Gashyantare 2024.
Ikipe y'Ingabo na yo yakomeje yatsinze Musanze FC penaliti 4-2 nyuma yo kunganya igitego 1-1.
Igikombe cy'Intwari mu bagore kizahatanirwa na Rayon Sports WFC izisobanura na AS Kigali WFC kuri uwo munsi.
Perezida Kagame yaraye yakiriye Filipe Nyusi wa Mozambique
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yaraye yakiriye Perezida wa Mozambique Filipe Nyusi ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 25 Mutarama 2024. Abakuru b’Ibihugu byombi bagiranye ib**aniro byibanze …
Lt. Gén. Doumbouya mu ruzinduko rw’iminsi 3 mu Rwanda
Perezida wa Guinea-Conakry Lt. Gén. Mamadi Doumbouya, na Madamu Lauriane Doumbouya, baraye bageze i Kigali ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 25 Mutarama 2024. Batangiye uruzinduko rw’iminsi itatu …
Umunyeshuri wigaga mu wa 5 yagagariye mu ishuri arapfa
Nduwayezu Eric wigaga mu wa 5 w’ayisumbuye, muri G.S Bugumira, Umurenge wa Nkombo, Akarere ka Rusizi, mu ma saa munani z’amanywa, ku wa Gatatu tariki ya 24 Mutarama, ubwo yari …
Biravugwa! mu Burundi baba bari guhigisha uruhindu abavuga ururimi rw’ikinyarwanda?
Guhiga abanyarwanda byari biherutse gukorwa mu minsi yashize ubwo iki gihugu cyafungaga imipaka igihuza n’u Rwanda, ariko kuri ubu byongeye gufata indi ntera aho muri iki Cyumweru noneho umukwabu wakozwe …
Rusizi: Umwarimu yafatiwe mu cyuho asambanya umwana w’imyaka 15
Umwarimu w’imyaka 32 wigisha mu ishuri ribanza rya Mukenke, mu Murenge wa Nkungu, Akarere ka Rusizi, ari mu maboko y’ubuyobozi nyuma yo gufatirwa mu cyuho asambanyiriza umwana w’imyaka 15 mu …
Perezida Kagame yahaye ubutumwa abaperezida baheruka kuvuga ko bagiye gukora impinduka mu Rwanda
Perezida Kagame yavuze ko abaperezida yavuzeho ejo [Uwo mu majyepfo no mu Burengezaba] bariho nk’abo mu myaka ya kera bagitekereza ko amoko,ivangura n’ibindi nk’inkingi ya politiki. Yavuze ko aba birirwa …
Igishoro cya mbere ni ubuzima- Dr Nsanzimana
Minisitiri w’Ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yavuze ko iterambere ari ingenzi ariko ko ubuzima ari cyo gishoro cya mbere. Yabivuze mu kiganiro mu Nama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 19 ubwo yagaragazaga uko …
’Ntimugatinye ibitumbaraye’-Perezida Kagame avuga ku b**ambye gutera u Rwanda
Ibi yabivuze ubwo yatangizaga inama y’Umushyikirano iri kuba ku nshuro ya 19 aho yibukije abanyarwanda gukora imirimo yabo batuje ndetse bakareka ’gutinya ibitumbaraye. Ati “Nabwiye inshuti zacu,ziriya nshuti zifite imbaraga …
Ndorimana uzwi nka Général wayoboraga Kiyovu Sports yeguye
Amakuru ataremezwa neza nuko Bwana Ndolimana Jean Francois Regis uzwi nka ’General’yaba yeguye ku mwanya w’Ubuyobozi bw’umuryango wa Kiyovu Sports. Uyu mugabo waherukaga kwirukana mu ikipe uwari umuyobozi Mvukiyehe Juvenal,biravugwa …
U Rwanda rwamaganye ijambo Perezida Ndayishimiye yavugiye muri RDC
Muri iri tangazo, u Rwanda ruvuga ko kuba umukuru w’igihugu cy’igituranyi yavuga amagambo ’rutwitsi’ ahamagarira urubyiruko guhirika ubuyobozi bwarwo biteye inkeke, kandi akabikorera ku birango by’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe. …
Amafoto 20 agaraza ubwiza n’imiterere ya Keza warijije umuhanzi Niyo Bosco
Byatangiye kuri Instagram ye amashusho arimo asangira na we agaherekezwa n’amagambo yo guca amarenga ko bari mu rukundo. Aya mashusho ntabwo yatinzeho kuko yahise ayasiba aho byavuzwe ko yabisabwe n’abashinzwe …
Clapton Kibonke yabazwe
Mugisha Emmanuel wamamaye muri Sinema Nyarwanda nka Clapton Kibonke, Gatogo n’ayandi yabazwe nyuma y’iminsi ari mu Bitaro. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Kibonke yagize ati “kubagwa byagenze neza. Imana …
Inkuru nziza muri Murera
Mohamed Wade biravugwa ko ubuyobozi bw’iyi kipe bwaba bwafashe umwanzuro wo kumusezerera. Wade wageze muri Rayon Sports nk’umutoza wungirije gutagirana na shampiyona ya 2023-24, guhera mu Kwakira 2023 yatozaga nk’umutoza …
Nyuma y'uko Rayon Sports ihawe isomo rya ruhago na Gasogi United, amakuru ari kuvugwa cyane ni uko umutoza wa Gikundiro, yaba yeretswe umuryango.
RBC yavuze ku ndwara y’ibicurane iriho muri iyi minsi
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko muri ibi bihe bisanzwe b**aragaramo ubwiyongere bw’indwara zifata mu myanya y’ubuhumekero cyane cyane ibicurane (influenza). Ni mu gihe hirya no hino mu bigo …
Ruhango : ‘Directeur’ w’ishuri akurikiranyweho gusambanya umwarimu w’umugabo mugenzi we yari yacumbikiye
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha mu Karere ka Ruhango rwataye muri yombi umuyobozi w’ishuri ribanza rimwe mu Karere ka Ruhango ukurikiranyweho gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umwarimu yari yacumbikiye. Ifatwa ry’uyu muyobozi …
Mubabwire ko tutazagaruka muri Mapinduzi Cup – Umutoza wa APR FC nyuma yo gusezererwa
Umutoza w’abanyezamu ba APR FC, Ndizeye Aime Desire [Ndanda], yavuze ko ibyo iyi kipe yahuriye nabyo mu irushanwa rya Mapinduzi Cup batazasubirayo. Ni nyuma y’uko yaraye inaniwe kugera ku mukino …
Nyuma y’imyaka 8 Killer Man agiye gukora ubukwe n’umugore we
Niyonshuti Yannick umaze kwamamara muri Sinema Nyarwanda nka Killer Man, agiye gukora ubukwe n’umugore we bamaze imyaka 8 babana. Amakuru yizewe ikinyamakuru ISIMBI cyamenye ni uko ubu bukwe buzaba mu …
Ibitazwi na benshi kuri Kazungu : Uko abafunganywe na we bamufata (VIDEO)
Amakuru ava mu Igororero rifungiyemo Kazungu Denis ukekwaho kwica abantu 14, avuga ko na bo bamutinya nubwo benshi bataramubona, ariko kumva ko bari mu Igororero rimwe ubwabyo bumva bibateye ubwoba. …
Mapinduzi Cup: APR FC yasezereye Yanga Africans muri 1/4
APR FC yatsinze Yanga Africans yo muri Tanzania ibitego 3-1 muri 1/4 , ikatisha itike ya 1/2 mu irushwana rya Mapinduzi Cup 2024. Uyu mukino wabaye kuri iki Cyumweru tariki …
https://www.umuringa.net/gitifu-wakagari-arafunzwe-akekwaho-gukubita-umuturage-bikamuviramo-gupfa/
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kijote mu Murenge wa Bigogwe Akarere ka Nyabihu, witwa Kagiraneza Enock, ndetse na Mugabe Matsatsa ukuriye Irondo ry’Umwuga muri aka Kagari, bari mu maboko ya RIB, …
AMAFOTO: Kimenyi Yves yasezeranye imbere y'Imana n'umukunzi we Miss Uwase Muyango Claudine.
Mu Ndahiro ye, Kimenyi yavuzemo ko Muyango yabaye urufatiro rw'ubuzima bwe mu bibi n'ibyiza bamaze kunyuramo, amusezeranya kuzamukunda, kumwubahisha kugeza ku ndunduro y'ubuzima bwe.
Muyango we yashimye Imana yamuhuje na Kimenyi, kuko ariwe mugabo yasengeye.
APR FC yatsinze Yanga SC yo muri Tanzania ibitego 3-1, ikatisha itike yo kugera muri ½ cya Mapinduzi Cup.
AMAFOTO: Umunyamuziki Kenny Sol agiye gusezerana imbere y'amategeko n'umukunzi we K***a Alliance Yvette mu muhango ubera mu Murenge wa Nyakabanda.
Kimenyi Yves (umunyezamu w'Amavubi na AS Kigali wakiniye APR FC, Kiyovu Sports na Rayon Sports) na Uwase Muyango Claudine (Miss Photogenic muri Miss Rwanda 2019) basezeranye mu mategeko.
https://www.umuringa.net/nesa-yatangaje-ingendo-zabanyeshuri-zo-gusubira-ku-ishuri/
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Ukuboza 2023, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje uko abanyeshuri b**a bacumbikirwa bazasubira ku ishuri mu gihembwe cya kabiri cy’amashuri, umwaka …
https://www.umuringa.net/drc-imyigaragambyo-yo-kwamagana-ibyavuye-mu-matora-yatangiranye-ubukana/
Bamwe mu Banyekongo bashyigikiye abakandida batishimiye ibiri kuva mu matora y’Umukuru w’Igihugu, batangiye kwigaragambya babyamagana, aho bamwe badatinya kuvuga ko barambiwe kwibira amajwi Perezida Felix Tshisekedi. Ni imyigaragambyo yatangiye kuri …
Kigali/Rwanda
Kigali
250
Be the first to know and let us send you an email when umuringa.net posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.
Send a message to umuringa.net:
Ubushinjacyaha bwasabiye Kazungu Denis gufungwa by'agateganyo iminsi 30 kubera ibyaha biremereye akurikiranweho. Ibyaha Kazungu akurikiranyweho birimo Ubwicanyi buturutse ku bushake, Iyicarubuzo, gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, guhisha umurambo w’undi muntu, gukoresha ibikangisho n’itwarwa n’ifungiranwa ry’umuntu. Akurikiranyweho kandi ubujura bukoresheje ibiboko, icyaha cyo konona inyubako utari nyirayo, inyandiko mpimbano ndetse no kugera mu buryo butemewe ku makuru abitswe muri mudasobwa. Ibyaha byose arabyemera akavuga ko yabitewe nuko bamwe muri bo bamwanduje Sida. 🎥IGIHE.COM