Miss Nishimwe Naomie

Miss Nishimwe Naomie This is the page for helping Nishimwe Naomie in the Miss Rwanda 2020 competition.This may also help
(1)

Muraho neza bavandimwe!Iyi machine laptop iragurishwa ku giciro cyiza.Ni laptop yo mu bwoko bwa Lonovo Thinkbook i7 irac...
11/04/2024

Muraho neza bavandimwe!

Iyi machine laptop iragurishwa ku giciro cyiza.

Ni laptop yo mu bwoko bwa Lonovo Thinkbook i7 iracyari nshya iri mu ikarito yayo ntirakora na rimwe.

Igiciro gisanzwe ni 1M na 100k ariko uyishaka twavugana nkayimuhera macye.

Ku bindi bisobanuro mwahamagara kuri 0785488801 cg inbox y'iyi Facebook.

Murakoze.

07/04/2024

Ubuyobozi bwa karere ka Bugesera bwasabye abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 gutanga amakuru ndetse no kugaragaza ahakiri imibiri y'Abatutsi bishwe muri Jenoside igashyingurwa mu cyubahiro kuko bifasha abiciwe ababo kuruhuka mu mutima no kugira icyizere ko bashyinguwe mu cyubahi...

Iyi machine laptop yo mu bwoko bwa Lonovo Thinkpad i7 iragurishwa kandi Iracyari mu gikarito cyayo ntirakoreshwa na rimw...
31/03/2024

Iyi machine laptop yo mu bwoko bwa Lonovo Thinkpad i7 iragurishwa kandi Iracyari mu gikarito cyayo ntirakoreshwa na rimwe.

Ubusanzwe igura 1M Frw ariko uyishaka turakatura tuyiguhere 800k Frw

NB:Ku bindi bisobanuro birambuye wahamagara kuri 0785488801

Muraho neza nshuti z'Imana.Iyi machine laptop yo mu bwoko bwa Lonovo Thinkpad i7 iragurishwa.Ubusanzwe igura 900k frw ar...
31/03/2024

Muraho neza nshuti z'Imana.

Iyi machine laptop yo mu bwoko bwa Lonovo Thinkpad i7 iragurishwa.

Ubusanzwe igura 900k frw ariko uyishaka turayiguhera 700k frw.

NB:Iracyari mu gikarito cyayo ntirakoreshwa na rimwe.

Ushaka ibindi bisobanuro wahamagara kuri 0785488801

Uturere umunani mu gihugu twabonye abayobozi bashya bahabwa ikaze mu ntebe z’abayobozi b’uturere [AMAFOTO]
07/12/2023

Uturere umunani mu gihugu twabonye abayobozi bashya bahabwa ikaze mu ntebe z’abayobozi b’uturere [AMAFOTO]

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 7 Ukuboza,uturere umunani mu gihugu twazindukiye mu matora yo kuzuza imyanya ibura muri njyanama z’utwo turere,abagombaga gutora bari abagize inama Njyanama z'imirenge, Abahagarariye ibyiciro byihariye ku karere (CNF, CNJ, NCPD) na biro biro ya PSF.

Ngoma:Uwabyaye impanga z'abana batatu ahangayikishijwe n'umwenda ukabije afitiye ibitaro
04/12/2023

Ngoma:Uwabyaye impanga z'abana batatu ahangayikishijwe n'umwenda ukabije afitiye ibitaro

Umuryango wa Mutungirehe Anastase  na Mukansanga Elina utuye mu Mudugudu wa Rango mu Kagari ka Karama Umurenge wa Kazo mu Karere ka Ngoma  urasaba ubufasha nyuma yo kwibaruka impanga z'abana batutu b'abakobwa, kuri ubu bakaba bagowe no kubarera, hakiyongeraho n'umwenda w'amafaranga y'u Rwanda ibih...

27/11/2023
27/11/2023

Urugaga rw’abenjeniyeri mu Rwanda ruvuga ko hari abenjeniyeri basaga 50% batari mu rugaga rw’abenjeniyeri  ahantu bashobora gukurikiranwa baramutse batubahirije amasezerano y’amasoko yo kubaka ibikorwaremezo baba batsindiye ariko ngo abenshi kuba ari aba Leta ngo kubakurikirana biragorana bik...

30/05/2023

Akarere ka Rwamagana umuhigo kahize wo kwengereza ubuvuzi abaturage bose ubuvuzi harimo guha abanyamwulire ikigo Nderabuzima wasohojwe utura abaturage umutwaro wo gukora ingendo ndende bajya kwivuza kure.

29/05/2023

Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, Prof Bayisenge Jeannette yavuze ko urubyiruko arirwo ruri ku ruhembe mu gukemura ibibazo bibangamiye umuryango, kandi ko hakwiye ubufatanye mu kubaka umuryango uteye imbere kandi utekanye kuko umuryango ari wo shingiro ry’iterambere ry’I...

Uganda:Aka Batinganyi kashobotse Perezida Museveni yabakumiriye bikomeye
29/05/2023

Uganda:Aka Batinganyi kashobotse Perezida Museveni yabakumiriye bikomeye

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yashyize umukono ku itegeko rihana ubutinganyi nyuma y’aho rivugururiwe, ngo ibihano bazajya bahabwa birusheho gukazwa,ibintu byashyizwemo imbaraga kugira ngo barinde umuco wabo utangirika.

Kirehe:Umugabo yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana we w'imyaka 8 y'amavuko
17/04/2023

Kirehe:Umugabo yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana we w'imyaka 8 y'amavuko

Umugabo witwa Niyonkuru Seti uri mu kigero cy'imyaka 30 y'amavuko wo mu mudugudu wa Kiyovu akagari ka Mubuga umurenge wa Musaza akarere ka Kirehe, yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana we w'umukobwa ufite imyaka 8 y'amavuko nyuma y'uko yigeze no kumusambanya afite imyaka itatu.

02/04/2023

Abaturage batuye mu mudugudu wa Nyabikoni akagari ka Nyabugogo umurenge wa Kigali akarere ka Nyarugenge,bavuga ko bahangayikishijwe n’isuku n’umutekano w’aho bita kwa Dani Rihamye bakunze kwita kwa Kazungu benga ibigage bitujuje ubuziranenge,bagateka n’inyama zitapimwe.

28/03/2023

Umuturage witwa Munyabarenzi Jean Damascene wo mu Kagari ka Bugera umurenge wa Remera mu Karere ka Ngoma yatangiye gukora umuhanda ureshya na kilometero imwe n’igice nyuma y’uko we n’abatuye muri ako gace, batahaga bakabura aho banyura bitewe n’umuhanda wari warangiritse.

25/03/2023

Abayobozi bo mu Ntara y’Iburasirazuba barasabwa kwisuzuma bakamenya aho bipfiri bigatuma ibibazo bibangamiye ubureganzira bw’umwana bidacyemuka bakibanda cyane gushyira mubikorwa ingo mbonezamikurire z’abana bato.

03/03/2023

Abatuye mu murenge wa Nyakabuye bo mu Karere ka Rusizi mu Ntara y'Uburengerazuba baravuga ko bishimiye igikorwa cyo gusanura umurenge wabo wari warangiritse cyane bakaba bavuga ko bagiye kujya babona Serivise nziza kandi bakazibonera ahantu heza.

03/03/2023

Dr Musafiri Ildephonse yagizwe Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, asimbuye Dr Gerardine Mukeshimana wari umaze imyaka umunani kuri uwo mwanya,umwe mu baminisitiri wari urambye kuri uyu mwanya.

28/02/2023

Perezida Kagame yagaragaje ko ikibazo cya Kanyanga mu karere ka Burera ndetse n’imiyoborere idahwitsemuri ako karere aribyo byihishe inyuma y’uko aka karere kaje ku mwanya wa nyuma mu mihigo y’uturere ya 2021/2022,ni mu gihe akarere ka Nyagatare kaje ku mwanya wa mbere,agaragaza ko kagabanyije...

27/02/2023

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko nta muntu n’umwe Imana yaremye kugira ngo abandi bazamusindagize rimwe uko kumusindagiza bikamuviramo gumucunaguzwa, agacyurirwa ibyo yahawe ndetse akanatozwa imico ihabanye n’iy’igihugu.

21/02/2023

Abakobwa bo mu murenge wa Base bo mu basigajwe inyuma n'amateka baravuga ko bugarijwe n'ikibazo cy'uko barongorwa n'abasore ubwo nyuma bamara kumenya icyiciro babakuyemo bagahita babasenda.

21/02/2023

Abanyamabanga Nshigwabikorwa b’Utugari bari mu Itorero ry’aba Rushigwangerero b’intara y’Iburasirazuba basabwe ko iminsi bazamara mu Itorero bazakurikirana neza amasomo bazahabwa bakayabyaza umusaruro kandi imihigo bazahavana bakazayishyira mubikorwa bagaragaza impinduka aho bakorera.

21/02/2023

Abaturange bo mu mirenge ya Murama,Kabarondo mu karere ka Kayonza na Remera mu karere ka Ngoma bahinze ibiti by’imbuto bivagwa n’imyaka barishimira kuba Minisitiri w’intebe Dr Ngirente Edouad yabijeje ko bazafashwa gushaka amasoko igihe imbuto bahinze zizaba zatangiye gutanga umusaruro.

21/02/2023

Umugabo ukomoka mu Karere ka Kicukiro mu Murenge wa Gahanga witwa Dusengimana Albert ufite imyaka 33 y'amavuko yatemye igiti kiramugwira ahita ahasiga ubuzima.

17/02/2023

Abikorera bo mu Karere ka Ngoma bishatsemo ibisubizo batangiye igikorwa cyo kwiyubakira inzu ebyiri z’ubucuruzi zizuzura zitwaye miliyari 1 y’amafaranga  y’ u Rwanda,izi nzu zizafasha benshi mu bikorera ndetse n’abacuruzi bazabona aho bakorera heza kandi hateye imbere.

11/02/2023

Guverineri w’Intara y’Amajyepfo mu Rwanda, Alice Kayitesi, hamwe n’uw’Intara ya Kayanza mu Burundi, Col. Rémy Cishahayo ndetse n’umujyanama mu by’amategeko w’Intara ya Ngozi mu Burundi, bagiranye ibiganiro bigamije gukomeza gutsura umubano w’ibihugu byombi.

18/01/2023

Tariki 9 Mutarama 2023 nibwo Intara y'Iburasirazuba yatangije ubukangurambaga bwamaze icyumweru bwiswe Terimbere Mworozi bwari bugamije guteza imbere ubworozi by'umwihariko hongerwa umusaruro w'amata mu bwinshi no mu bwiza.

Address

Kigali

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Miss Nishimwe Naomie posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to Miss Nishimwe Naomie:

Share

Category