Ntugacikwe n'amakuru yaranze icyumweru kuri Radio ISANGO STAR 91.5 FM & 105.5FM
Ni buri ku cyumweru guhera saa 19h30 kugeza saa 20h30
Hamwe na Yassini TUYISHIMIRE.
🔴IMA AWARS 2024🔴
LIVE 🔴Kigali Convention Center
🔴RUBYIRUKO UBUZIMA BWAWE INSHINGANO ZAWE, IRINDE SIDA🔴
🔴TABARA ABARWAYI UTANGA AMARASO🔴
#ISANGONAMUZIKAAWARDSTOUR2024: Aka kanya turi mu karere ka Nyagatare muri Kaminuza y'u Rwanda ishami rya Nyagatare.
Mu karere ka Kirehe mu murenge wa Mushikiri akagari ka Bisigara umudugudu w'Umutuzo abantu batazwi batemaguye insina z'umuturage zisaga 200 bazirambika mu murima.
Ni nyuma y'uko n'ubundi mu kwezi gushize,muri uyu murenge undi muturage nawe yatemewe insina zirambikwa ku muryango w'urupangu.
Eastern Province Rwanda Rwanda National Police
Isango Star yaganiriye na Omborenga Fitina nyuma yo gusinyira ikipe ya Rayon Sports agaragaza imbaraga ze.
Omborenga kandi yavuze ko azishimira kubona akina imbere y'ibihumbi by'abafana ba Gikundiro.
Aya masaha abafana bikipe ya @rayon_sports berekeje mu karere ka Huye mu gikorwa cyo kwamamaza umukandida wa FPR Inkotanyi Nyakubahwa Paul Kagame
MUHAWENIMANA Claude Perezida w’abafana ba
@rayon_sports Rayon Sports Women yasobanuye ibyurugendo abafana bateguye rwo kujya gushyigikira umukandida wa FPR Inkotanyi Paul Kagame wagiye kwiyamamariza i Huye.
Abagize Inzego ziri mu urunana rw'ubukungu mu Rwanda zirimo
Minisiteri y'imari n'igenamigambi mu Rwanda, Bank nkuru y'u Rwanda, Ikigo cy'ubushakashatsi ku mari mu Rwanda n'abandi, bari mu muhango wo kumurika ibyavuye mu bushakashatsi ku Ikoreshwa ry'imari mu Rwanda bwo mu mwaka wa 2024
Muri uyu muhango, hashimwe uko abanyarwanda bakomeje kuzamura urwego rwabo ku kugera ku mari, binyuze mu kwiyongera kw'ibigo by'imari by'umwihariko ibito n'ibiciriritse.
Iyi raporo igaragaza ko ikoreshwa ry'ikoranabuhanga mu kwishyurana ryazamuye biruseho urwego rw'imari mu banyarwanda
mbere y'uko ataramira abakunzi be Chryso Ndasingwa yabanje gushimira abitabiriye igitaramo #WahozehoAlbumLaunch kiri kubera muri BK Arena.
aya masaha muri BK Arena hari kubera Igitaramo cya Cryso Ndasingwa , True Promises niyo yabimburiye abandi ku rubyiniro mu ndirimbo zayo zakunzwe cyane zirimo iyitwa ‘Ni bande’ na ‘Umwami ni mwiza’.