Isango Star 91.5 FM Official

Isango Star 91.5 FM Official Official Account of Isango Star . Rwanda's Number One Private Radio&TV Station! Inyenyeri Imurikira Rubanda.

From Kigali the commercial capital, our transmission covers Kigali, East, South, and large parts of West and North. In a single day, Isango Star FM 91.5 FM/ 105.5 FM waves reach millions of Rwandans. No matter what type of prospects you want to reach in Rwanda, Isango Star will help you do it.

  Ni ayahe mahirwe ahari aho iwanyu umuntu yabyaza umusaruro? Reka tuganire hamwe na MC Hero Rwanda
14/01/2025



Ni ayahe mahirwe ahari aho iwanyu umuntu yabyaza umusaruro?

Reka tuganire hamwe na MC Hero Rwanda

Abaturage barinubira ababasiragiza mu nzego z’ibanze bituma hagaragara icyuho cya ruswa
13/01/2025

Abaturage barinubira ababasiragiza mu nzego z’ibanze bituma hagaragara icyuho cya ruswa

Mu gihe Rwanda rufite intego yo kugabanya cyane ruswa, hari abaturage bavuga ko gusiragizwa n’abayobozi mu nzego z’ibanze bashaka serivise runaka bibakururira mu gutanga ruswa kugirango babashe kubona serivise byihuse.

 Muri uyu mwaka dukeneye guhanga udushya muri business kugirango zirusheho gutera imbere.Wumva ari ibiki ukwiye kwitaho ...
13/01/2025



Muri uyu mwaka dukeneye guhanga udushya muri business kugirango zirusheho gutera imbere.

Wumva ari ibiki ukwiye kwitaho kurusha ibindi kugirango uzane udushya mubyo ukora?

Abaturage barasaba ko gukuraho abayobozi bananiwe inshingano bitagarukira ku bakuru gusa
13/01/2025

Abaturage barasaba ko gukuraho abayobozi bananiwe inshingano bitagarukira ku bakuru gusa

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagarageje ko impinduka zikunze kuba muri Guverinoma zidapfa kuba nta mpamvu ahubwo ko akenshi abeguzwa cyangwa bagakurwa mu myanya biba byatewe n’inshingano baba batujuje

Kayonza: Ab'i Ndego babangamiwe no kutagira amashanyarazi
12/01/2025

Kayonza: Ab'i Ndego babangamiwe no kutagira amashanyarazi

Abatuye utugari twa Karambi n’Isangano mu murenge wa Ndego mu karere ka Kayonza bavuga ko babangamiwe no kuba badafite umuriro w’amashanyarazi, bigatuma bahomba iyo bateze bajya kure gushaka serivise zikorwa n’umuriro w’amashanyarazi.

 : Perezida Kagame n'abanyamakuru, dusesengure ireme ry'ibyo yabajijwe.Ni mukanya saa 14h00 - 15h30
12/01/2025

: Perezida Kagame n'abanyamakuru, dusesengure ireme ry'ibyo yabajijwe.

Ni mukanya saa 14h00 - 15h30

12/01/2025

Ntugacikwe n'amakuru yaranze icyumweru kuri Radio ISANGO STAR 91.5 FM & 105.5FM

Ni buri ku cyumweru guhera saa 19h30 kugeza saa 20h30

Hamwe na Yassini TUYISHIMIRE.

Ese ni gute umubyryi utwite akwiriye kwita ku buzima bwe n'ubw'umwana atwite?
11/01/2025

Ese ni gute umubyryi utwite akwiriye kwita ku buzima bwe n'ubw'umwana atwite?



Ikaze mu kiganiro   hamwe na Tu Kageme GraceBijya bibaho ko hari igihe umuryango wisanga ufite umwana ugira amahane, yew...
10/01/2025

Ikaze mu kiganiro hamwe na Tu Kageme Grace
Bijya bibaho ko hari igihe umuryango wisanga ufite umwana ugira amahane, yewe agakunda no kurwana ku buryo usanga akubita abandi bana,
iyo utabyitayeho hari n'ubwo usanga akubita abantu bakuru cyangwa se abamuruta.
Wabyitwaramo ute mu gihe ufite umwana ukunda gukubita abandi?
umubyeyi aba akwiye kubikoraho iki?

TWIGANIRIRE
=======

 Ni ryari ukwiye gutanga ibicuruzwa cyangwa serivise zawe ku buntu?
10/01/2025



Ni ryari ukwiye gutanga ibicuruzwa cyangwa serivise zawe ku buntu?

Hari Abanyarwanda bibaza uko ibyoherezwa mu mahanga byiyongera nyamara bo batihagije
10/01/2025

Hari Abanyarwanda bibaza uko ibyoherezwa mu mahanga byiyongera nyamara bo batihagije

Bamwe mu Banyarwanda baribaza uburyo ibikomoka mu Rwanda byoherezwa mu mahanga byiyongereye harimo n’ibiribwa nyamara bo haribyo bakibura ku isoko ndetse n\'ibihari igiciro cyabyo kikaba gihanitse.

Abarimu mu mashuri yigenga barasaba kuringaniza inyungu ku nguzanyo na bagenzi babo mu Mwalimu SACCO
10/01/2025

Abarimu mu mashuri yigenga barasaba kuringaniza inyungu ku nguzanyo na bagenzi babo mu Mwalimu SACCO

Nubwo koperative yo kuzigama no kugurizanya yashyiriweho Abarimu ya Mwalimu SACCO ikomeje guteza imbere abakora uwo mwuga hari bamwe mu barimu bigisha mu bigo byigenga basaba ko inyungu ku nguzanyo bahabwa yaringanizwa n’iy\'aba leta kuko birutanwa nyamara bose bakora akazi kamwe.

Perezida Paul Kagame avuga ku biganiro bya Luanda na Nairobi
09/01/2025

Perezida Paul Kagame avuga ku biganiro bya Luanda na Nairobi

"Ikibazo cy'u Burasirazuba bwa   nasobanuye ko atari ikibazo cya Congo gusa ahubwo ari icy'akarere". Perezida Paul Kagam...
09/01/2025

"Ikibazo cy'u Burasirazuba bwa nasobanuye ko atari ikibazo cya Congo gusa ahubwo ari icy'akarere". Perezida Paul Kagame

Perezida Kagame yavuze ko ‘ahari’ abagize umutwe wa M23 bashobora kuba bafite inkomoko mu Rwanda “mbere y’uko mvuka cyan...
09/01/2025

Perezida Kagame yavuze ko ‘ahari’ abagize umutwe wa M23 bashobora kuba bafite inkomoko mu Rwanda “mbere y’uko mvuka cyangwa se mu gihe nari umwana nanjye ubwanjye”, avuga ko ahubwo kwisanga muri Congo bishingiye ku mateka y’ubukoloni, yasize imipaka iciwe bakisanga muri Congo.

Ati “Ntabwo bashobora kubwira uwo ari we wese ko abantu bari kurwana uyu munsi, baturutse mu Rwanda. Ntabwo baturutse mu Rwanda. Aba bayobozi ba M23 n’umubare munini w’abarwanyi babo, baturutse muri Uganda aho bari impunzi ku bw’ibibazo byo mu 2012/2013 ubwo aba bantu bahungiraga muri Uganda abandi bakaza hano […] abaje hano bari 500-600, twabambuye intwaro, tuzisubiza Guverinoma ya RDC icyo gihe.”

Address

Laetitiamugabo@gmail. Com
Kigali
P.OBOX:7550

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Isango Star 91.5 FM Official posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to Isango Star 91.5 FM Official:

Videos

Share