Bwiza news

Bwiza news Music is Life

IKIGANIRO NA LT COL W***Y NGOMA YAGIRANYE NA BWIZA TV AVUGA KO BAGASHE IBIKORESHO M23 YAFASHE BYINSHI N’UBURYO IGISIRIKA...
16/01/2025

IKIGANIRO NA LT COL W***Y NGOMA YAGIRANYE NA BWIZA TV AVUGA KO BAGASHE IBIKORESHO M23 YAFASHE BYINSHI N’UBURYO IGISIRIKARE CY'U BURUNDI GIKOMEJE GUKUBITIRWA MURI DRC || M23 YAFASHE IBINDI BICE MURI SUD/UMUJYI WA GOMA UKOMEJE GUFUNGWA NO KWEGEREZWA KUBOHORWA

Tera inkunga TV 0788554010- 0788302082. https://chat.whatsapp.com/E0lCyd6W4ZZ823dLQSzcCa Uko mubishoboye mwatera inkunga ikinyamakuru Bwiza, Mufite i...

Perezida Kagame yahaye gasopo ibihugu by’inyembaraga
16/01/2025

Perezida Kagame yahaye gasopo ibihugu by’inyembaraga

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kane yakuriye inzira ku murima ibihugu by'ibihangange, abimenyesha ko nta mbaraga na nkeya zishobora gutuma u Rwanda rwishyura ikiguzi nk'icyo rwishyuye mu myaka 30…

Abanyaburayi bahangayikishijwe no kugaruka kwa Trump kurusha abandi – Raporo
16/01/2025

Abanyaburayi bahangayikishijwe no kugaruka kwa Trump kurusha abandi – Raporo

Uyu munsi, ubushakashatsi bwakorewe Akanama k’Ubumwe bw’u Burayi gashinzwe Ububanyi n’Amahanga (ECFR) na raporo ya Kaminuza ya Oxford i Burayi, bugaragaza ko uyu munsi, abafatanyabikorwa ba Leta Zu…

Mu Kiyaga cya Kivu haramutse habonetse Peteroli byaba bivuze iki ku Rwanda?
16/01/2025

Mu Kiyaga cya Kivu haramutse habonetse Peteroli byaba bivuze iki ku Rwanda?

Mu rugamba rutoroshye rugana ku bwigenge mu by’ingufu no guteza imbere ubukungu, u Rwanda rwatangiye gushakisha peteroli mu Kiyaga cya Kivu bimaze kugaragara ko gishobora kuba gikungahaye ku mutung…

Perezida Kagame yongeye gushimangira ko Tshisekedi yibiwe amajwi
16/01/2025

Perezida Kagame yongeye gushimangira ko Tshisekedi yibiwe amajwi

Perezida Paul Kagame yongeye gutangaza ko n'ubwo mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo ayobora iki gihugu atigeze atsinda amatora, yaba ayo muri…

FNDB yigaramye imirambo y’abasirikare bayo M23 yivuganye
16/01/2025

FNDB yigaramye imirambo y’abasirikare bayo M23 yivuganye

Igisirikare cy'u Burundi (FNDB), cyigaramye imirambo y'abasirikare bacyo bamaze iminsi bicirwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ku mbuga nkoranyambaga hamaze iminsi hakwirakwira amafo…

Yakoze ubukwe bikino none yisanze mu nkiko
16/01/2025

Yakoze ubukwe bikino none yisanze mu nkiko

Mu gihugu cya Australia, haravugwa inkuru y'umugore wasabye urukiko gutesha agaciro amasezerano yo gushyingiranwa yakoze yibwira ko ari imikino aho yashakaga kwibonera abamukurikira ku mbuga nkoran…

Ibitaro bya CHUK bigiye kwimurwa bitarenze Kamena 2025
16/01/2025

Ibitaro bya CHUK bigiye kwimurwa bitarenze Kamena 2025

Minisitiri w’Ubuzima mu Rwanda, Dr. Sabin Nsanzimana yatangaje ko bitarenze Kamena 2025, Ibitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) bizaba byimuriwe i Masaka mu Karere ka Kicukiro. Ni igikorwa cyari ki…

Lubero: Umwami Kasereka Kasimba yiciwe mu gico cya ADF
16/01/2025

Lubero: Umwami Kasereka Kasimba yiciwe mu gico cya ADF

Byibuze abantu 10 biciwe kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 15 Mutarama 2025, mu gico cy'abaterabwoba ba ADF muri Mukoko, Sheferi ya Baswana, muri Teritwari ya Rubero, ho muri Kivu y'Amajyaruguru. …

Minisitiri Olivier Nduhungirehe ari mu ruzinduko rw’akazi i Juba
16/01/2025

Minisitiri Olivier Nduhungirehe ari mu ruzinduko rw’akazi i Juba

Kuri uyu wa Kane, itariki 16 Mutarama 2025, Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungirehe yerekeje i Juba, muri Sudani y'Epfo, aho yitabiriye inama yo ku rwego rwo hejuru rwa Ko…

Napfiriye he, ryari?: Lt Col W***y Ngoma
16/01/2025

Napfiriye he, ryari?: Lt Col W***y Ngoma

Umuvugizi w'Igisirikare cya M23, Lt Col W***y, yanyomoje inkuru zimaze iminsi zivuga ko Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zamuteze igico zikamwica. Mu ntangiriro z'…

Israel yakajije umurego mu bitero kuri Gaza nyuma y’amasaha hatangajwe agahenge
16/01/2025

Israel yakajije umurego mu bitero kuri Gaza nyuma y’amasaha hatangajwe agahenge

Israel yakajije umurego mu bitero kuri Gaza nyuma y'amasaha make hatangajwe ko amasezerano yo guhagarika imirwano no kurekura imbohe hagati ya Israel na Hamas yagezweho, nk'uko abaturage ndetse n'a…

Nta mahoro azigera agerwaho RDC nitaganira na M23: Amerika yahinduye imvugo
16/01/2025

Nta mahoro azigera agerwaho RDC nitaganira na M23: Amerika yahinduye imvugo

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahinduye imvugo, zisaba Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kujya mu biganiro n'imitwe irimo M23, nk'inzira yatuma iki gihugu kigera ku mahoro. Amerika ya…

U Rwanda rwasubije Congo ikomeje kwigamba kurugira nyakamwe
16/01/2025

U Rwanda rwasubije Congo ikomeje kwigamba kurugira nyakamwe

Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga, Amb Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko Congo Kinshasa itigeze ituma u Rwanda ruhezwa nk'uko ibivuga, agaragaza ko abayobozi bayo basigaye birirwa mu makinamico nde…

Icyamamare muri Bollywood, Saif Ali Khan, yatewe ibyuma n’umuntu wamwinjiranye iwe
16/01/2025

Icyamamare muri Bollywood, Saif Ali Khan, yatewe ibyuma n’umuntu wamwinjiranye iwe

Umukinnyi w'icyamamare muri Bollywood, Saif Ali Khan, yagiye mu bitaro amaze guterwa icyuma inshuro nyinshi nyuma n'umucengezi bivugwa ko yinjiye mu nzu ye akamugabaho igitero. Igitero cyagabwe mu …

Gusabiriza Videwo z’urukozasoni no kuzitanamo, umwanda ukwiye umuti urura kugira ngo ucike
16/01/2025

Gusabiriza Videwo z’urukozasoni no kuzitanamo, umwanda ukwiye umuti urura kugira ngo ucike

Kuva ku wa Kabiri tariki ya 14 Mutarama, imbuga nkoranyambaga by'umwihariko urwa X rwahoze rwitwa Twitter ndi mu bakoresha cyane, zaramukiyeho inkuru z'uko hari amashusho y'urukozasoni ya bamwe mu …

Abegereye Trump bahinduye imvugo ku gihe bazarangiriza intambara yo muri Ukraine
16/01/2025

Abegereye Trump bahinduye imvugo ku gihe bazarangiriza intambara yo muri Ukraine

Abajyanama ba Donald Trump watorewe kongera kuyobora Amerika, baremera ko intambara y'u Burusiya na Ukraine izatwara igihe kibarirwa mu mezi cyangwwa arenga, kugirango gikemuke. Ibi biravuguruza ib…

Polisi yafashe imodoka ebyiri zipakiye amabaro 25 y’imyenda n’ibindi bicuruzwa bya magendu
16/01/2025

Polisi yafashe imodoka ebyiri zipakiye amabaro 25 y’imyenda n’ibindi bicuruzwa bya magendu

Mu bikorwa byo kurwanya ubucuruzi bwa magendu, Polisi y’u Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Mutarama, yafatiye mu karere ka Rubavu, imodoka ebyiri zari zipakiye magendu y’imyend…

Address

Kigali
5738

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Bwiza news posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to Bwiza news:

Videos

Share

Category