IGIHE

IGIHE IGIHE is a private Rwandan-based company specialized in providing media & online multimedia services,
(4)

IGIHE Ltd is a private Rwandan-based company with a vision of becoming a regional multimedia powerhouse, specialized in providing media & online multimedia services, public relations and communications consultancies. From a humble beginning in 2009, with its inaugural product — the popular IGIHE news website [IGIHE.com] — the company has since grown to offer a wider range of multimedia services in

cluding; website designs, content development and hosting, videography & photography , audio recording services, etc. To this end, for the relatively short period IGIHE Ltd has been operational, it became the leading online publishing company in Rwanda with a vast experience in multimedia works.

Ku wa Gatandatu, Gen Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w'Intebe w'u Burundi, yimuriwe mu bitaro byigenga bya Kir...
28/12/2025

Ku wa Gatandatu, Gen Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w'Intebe w'u Burundi, yimuriwe mu bitaro byigenga bya Kira biherereye i Bujumbura nyuma y'amezi abiri avurirwa i Gitega.

Kuva Gen Bunyoni yakoherezwa muri ibi bitaro, umutekano wabyo wakajijwe kugira ngo adacika kuko yakatiwe igifungo cya burundu nyuma yo guhamywa ibyaha birimo umugambi wo kugirira nabi Perezida Evariste Ndayishimiye.

Gen Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Burundi kuva mu 2020 kugeza mu 2022 yimuriwe mu bitaro byigenga bya Kira i Bujumbura ku wa 27 Ukuboza 2025 nyuma y’amezi abiri avurirwa mu Ntara ya Gitega.

Abanya-Centrafrique barenga miliyoni 2,3 baramukiye mu matora rusange. Baraza gutora ’Umukuru w’Igihugu, Inteko Ishinga ...
28/12/2025

Abanya-Centrafrique barenga miliyoni 2,3 baramukiye mu matora rusange. Baraza gutora ’Umukuru w’Igihugu, Inteko Ishinga Amategeko n’abayobozi b’Intara n’Amakomini.

Ni amatora agiye kuba igihugu cyabo kimaze igihe gitekanye nyuma y’akazi gakomeye kakozwe n’Ingabo z’u Rwanda zibarizwayo.

Abaturage ba Repubulika ya Centrafrique baramukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu aho Perezida Faustin-Archange Touadéra ahabwa amahirwe yo kuyegukana akayobora manda ya gatatu.

U Bwongereza bwakajije amabwiriza ajyanye no kubona Visa ku baturage baturuka muri RDC, nyuma y’uko iki gihugu cyanze gu...
28/12/2025

U Bwongereza bwakajije amabwiriza ajyanye no kubona Visa ku baturage baturuka muri RDC, nyuma y’uko iki gihugu cyanze gushyira mu bikorwa ingamba zigamije gusubiza mu gihugu abimukira bari mu Bwongereza mu buryo bunyuranyije n’amategeko n’abandi bakoze ibyaha.

U Bwongereza bwakajije amabwiriza ajyanye no kubona Visa ku baturage baturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), nyuma y’uko iki gihugu cyanze gushyira mu bikorwa ingamba zigamije gusubiza mu gihugu abimukira bari mu Bwongereza mu buryo bunyuranyije n’amategeko n’abandi bakoz...

28/12/2025

🎥𝐀𝐌𝐀𝐒𝐇𝐔𝐒𝐇𝐎🎥

Kuki kubyibuha byahindutse ikibazo gikomeye muri iki gihe kandi byarahoze bifatwa nk'ikimenyetso cy'ubukire no kugira amagara meza? Mbese kubyibuka byaba ari bibi?

Isoko rya Gisenyi ryamaze imyaka 14 ryubakwa ryatangiye gukorerwamo, abacuruzi basabwa kubaka izindi nyubako ziyisumbya ...
27/12/2025

Isoko rya Gisenyi ryamaze imyaka 14 ryubakwa ryatangiye gukorerwamo, abacuruzi basabwa kubaka izindi nyubako ziyisumbya ubushobozi. Iri soko ryuzuye ritwaye miliyari 5,7 Frw.

Isoko rya Gisenyi ryamaze imyaka myinshi ryubakwa ryatangiye gukorerwamo, abacuruzi basabwa kubaka izindi nyubako ziyisumbya ubushobozi.

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko abafungiwe ubugizi bwa nabi mu 2015 ubwo muri iki gihugu hager...
27/12/2025

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko abafungiwe ubugizi bwa nabi mu 2015 ubwo muri iki gihugu hageragezwaga ibikorwa byo guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza, bazakomeza gufungwa kabone n’iyo baba bararangije imyaka bakatiwe.

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko abafungiwe ubugizi bwa nabi mu 2015 ubwo muri iki gihugu hatutumbaga umwuka mubi watewe na manda ya gatatu ya Pierre Nkurunziza, bazakomeza gufungwa kabone n’iyo baba bararangije imyaka bakatiwe.

Guverinoma ya Nigeria yatangaje ko ibitero byagabwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byasenye ibigo bibiri by’umutwe wa I...
27/12/2025

Guverinoma ya Nigeria yatangaje ko ibitero byagabwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byasenye ibigo bibiri by’umutwe wa Islamic State.

Guverinoma ya Nigeria yatangaje ko ibitero byagabwe ku bufatanye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byasenye ibigo bibiri by’umutwe wa Islamic State.

Gianni Infantino spreads festive cheer to Rwandan children 👇
27/12/2025

Gianni Infantino spreads festive cheer to Rwandan children 👇

Enjoy the videos and music you love, upload original content, and share it all with friends, family, and the world on YouTube.

27/12/2025

AMASHUSHO: U Burusiya bwagabye ibitero muri Kyiv no mu bindi bice bya Ukraine mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu, bukoresheje misile na drones.

Abahanzi bitabiriye igitaramo cya Kirehe Twataramye babanje gusura ibyiza nyaburanga by’aka karere birimo ibitare bya Ny...
27/12/2025

Abahanzi bitabiriye igitaramo cya Kirehe Twataramye babanje gusura ibyiza nyaburanga by’aka karere birimo ibitare bya Nyarubuye n’ahandi.

Mu bitabiriye harimo Eric Senderi, Massamba Intore, Mico The Best, Amag the Black, Theo Bosebabireba n’abandi. Ku rundi ruhande, Nyambo, Ndimbati n’abandi bavuka muri aka karere bazwi mu ruganda rw’imyidagaduro bari bahari.

27/12/2025

AMASHUSHO

Maroc ni kimwe mu bihugu biteye imbere ku mugabane wa Afurika. Ituwe n’abaturage barenga miliyoni 38. Umunyamakuru wa IGIHE aherutse gukorera urugendo muri iki gihugu asura imijyi irimo Marrakech, Casablanca, Rabat na Ben Guerir.

Address

KN 2 Avenue
Kigali

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when IGIHE posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to IGIHE:

Share