IGIHE

IGIHE IGIHE is a private Rwandan-based company specialized in providing media & online multimedia services,
(3)

IGIHE Ltd is a private Rwandan-based company with a vision of becoming a regional multimedia powerhouse, specialized in providing media & online multimedia services, public relations and communications consultancies. From a humble beginning in 2009, with its inaugural product — the popular IGIHE news website [IGIHE.com] — the company has since grown to offer a wider range of multimedia services in

cluding; website designs, content development and hosting, videography & photography , audio recording services, etc. To this end, for the relatively short period IGIHE Ltd has been operational, it became the leading online publishing company in Rwanda with a vast experience in multimedia works.

Kamikazi Dorcas yasutse amarira ubwo yasobanuraga agahinda gakabije ‘depression’ yatewe n’uko umuvandimwe we bakuranye b...
12/10/2025

Kamikazi Dorcas yasutse amarira ubwo yasobanuraga agahinda gakabije ‘depression’ yatewe n’uko umuvandimwe we bakuranye bakanaririmbana, Ishimwe Vestine, atari kumubona hafi ye nyuma yo kurongorwa.

Kamikazi Dorcas yasutse amarira ubwo yasobanuraga agahinda gakabije ‘depression’ yatewe n’uko umuvandimwe we bakuranye bakanaririmbana, Ishimwe Vestine, atari kumubona hafi ye nyuma yo kurongorwa.

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yagaragaje ko ibyo yavugiye imbere y’Aba...
12/10/2025

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yagaragaje ko ibyo yavugiye imbere y’Abanyaburayi, ko ashaka amahoro, ndetse ko ashaka ubwiyunge n’u Rwanda, byari urwiyerurutso, ko yabivuze nk’utanga abagabo, ashaka ko amahanga abona ko atari we kibazo.

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yagaragaje ko ibyo yavugiye imbere y’Abanyaburayi, ko ashaka amahoro, ndetse ko ashaka ubwiyunge n’u Rwanda, byari urwiyerurutso, ko yabivuze nk'utanga abagabo, ashaka ko amahanga abona ko atari we kibazo.

12/10/2025

À Varsovie, Walter Marcel, représentant de *Mapendano Voyages*, a souligné l’importance de leur présence au salon : « C’est un privilège pour nous d’être présents au TT Warsaw 2025. Le Rwanda est un pays à la beauté remarquable, aux paysages magnifiques, sûr et propre, qui mérite d’être davantage visité. »

Abanyarwanda n’inshuti zabo barenga 500 batuye muri Kenya, bahuriye i Nairobi mu birori byo kwerekana umuco w’u Rwanda m...
12/10/2025

Abanyarwanda n’inshuti zabo barenga 500 batuye muri Kenya, bahuriye i Nairobi mu birori byo kwerekana umuco w’u Rwanda mu imurikabikorwa ryiswe ‘Rwanda Cultural Gala & Exhibition 2025’.
https://ow.ly/wuge50XahhY

Umukandida w’Ishyaka rya Chama Cha Mapinduzi (CCM) mu matora ya Perezida muri Tanzania, Samia Suruhu Hassan, yasabye Aba...
12/10/2025

Umukandida w’Ishyaka rya Chama Cha Mapinduzi (CCM) mu matora ya Perezida muri Tanzania, Samia Suruhu Hassan, yasabye Abanya-Tanzania kudaterwa ubwoba n’ababashuka, agaragagaza ko yiteguye guhangana n’abababuza gutora.

Umukandida w’Ishyaka rya Chama Cha Mapinduzi (CCM) mu matora ya Perezida muri Tanzania, Samia Suruhu Hassan, yasabye Abanya-Tanzania kudaterwa ubwoba n’ababashuka, agaragagaza ko yiteguye guhangana n’abababuza gutora.

12/10/2025

AMASHUSHO: Amerika yatangaje ko yakiriye neza icyemezo cya RDC, gisaba abarwanyi b’Umutwe w’iterabwoba wa FDLR kurambika intwaro hasi.

12/10/2025

AMASHUSHO: Ikiganiro na Rurangwa Godfrey uhagarariye ‘Makario Safaris’, ikigo gitanga serivisi z’ubukerarugendo mu Rwanda, witabiriye Imurika mpuzamahanga ry’ubukerarugendo rya « TT Warsaw-2025 » muri Pologne.

Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), Batamuriza Mireille yibukije ...
12/10/2025

Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), Batamuriza Mireille yibukije Abanyarwanda by’umwihariko ab’igitsina gabo gushyigikira bashiki babo kuko igiteje imbere umwana w’umukobwa kidasubiza inyuma uw’umuhungu.
https://ow.ly/MMSI50XagWW

Mu mujyi wa Murshidabad, mu Ntara ya West Bengal mu Buhinde habereye iserukiramuco rya ‘Durga Puja’, aho hagaragayemo is...
12/10/2025

Mu mujyi wa Murshidabad, mu Ntara ya West Bengal mu Buhinde habereye iserukiramuco rya ‘Durga Puja’, aho hagaragayemo ishusho y’Ikigirwamana Durga kiri kurwana n’umudayimoni ufite isura isa neza na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump.

Mu mujyi wa Murshidabad, mu Ntara ya West Bengal mu Buhinde habereye iserukiramuco rya ‘Durga Puja’, aho hagaragayemo ishusho y’Ikigirwamana Durga kiri kurwana n’umudayimoni ufite isura isa neza na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump.

W***y Ndahiro uri mu bakunzwe muri sinema nyarwanda agiye gushyira hanze ‘Ndabaga: The Musical’, umukino w’ikinamico n’u...
12/10/2025

W***y Ndahiro uri mu bakunzwe muri sinema nyarwanda agiye gushyira hanze ‘Ndabaga: The Musical’, umukino w’ikinamico n’umuziki wakomowe ku nkuru y’umwari Ndabaga uzwi cyane mu mateka y’u Rwanda.
https://ow.ly/vEex50XagSE

12/10/2025

AMASHUSHO: Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina, yatangaje ko mu gihugu ayoboye hari igerageza ryo gufata ubutegetsi mu buryo bunyuranyije n’amategeko.

Rwanda moves to curb children’s exposure to pornographic content
12/10/2025

Rwanda moves to curb children’s exposure to pornographic content

Rwanda has stepped up efforts to tackle the growing problem of children’s exposure to pornographic content, an issue exacerbated by the widespread use of the internet and social media.

Address

KN 2 Avenue
Kigali

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when IGIHE posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to IGIHE:

Share