IGIHE

IGIHE IGIHE is a private Rwandan-based company specialized in providing media & online multimedia services,
(3)

IGIHE Ltd is a private Rwandan-based company with a vision of becoming a regional multimedia powerhouse, specialized in providing media & online multimedia services, public relations and communications consultancies. From a humble beginning in 2009, with its inaugural product — the popular IGIHE news website [IGIHE.com] — the company has since grown to offer a wider range of multimedia services in

cluding; website designs, content development and hosting, videography & photography , audio recording services, etc. To this end, for the relatively short period IGIHE Ltd has been operational, it became the leading online publishing company in Rwanda with a vast experience in multimedia works.

20/12/2025

🎥𝐀𝐌𝐀𝐒𝐇𝐔𝐒𝐇𝐎🎥

Ibyo wamenya kuri S-500, 'système' kabuhariwe mu kurinda ikirere u Burusiya buri gukoresha.

Urukiko Rukuru rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwatangiye kuburanisha Lt Gen Philémon Yav Ir...
20/12/2025

Urukiko Rukuru rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwatangiye kuburanisha Lt Gen Philémon Yav Irung wabaye umuyobozi w’Intara ya Gatatu y’igisirikare cy’iki gihugu, ushinjwa ibyaha byo kugambanira igihugu.

Urukiko Rukuru rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwatangiye kuburanisha Lt Gen Philémon Yav Irung wabaye umuyobozi w’Intara ya Gatatu y’igisirikare cy’iki gihugu.

Perezida Yoweri Kaguta Museveni, yagaragaje ko atishimiye uburyo urubanza rw’umunyapolitiki Dr. Kizza Besigye utavuga ru...
20/12/2025

Perezida Yoweri Kaguta Museveni, yagaragaje ko atishimiye uburyo urubanza rw’umunyapolitiki Dr. Kizza Besigye utavuga rumwe n’ubutegetsi bwe rutinda, ndetse ngo nta ruhare Leta ibifitemo.

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagaragaje ko atishimiye uburyo urubanza rw’umunyapolitiki Dr. Kizza Besigye utavuga rumwe n’ubutegetsi bwe rutinda, kandi ko nta ruhare Leta ibifitemo.

20/12/2025

🎥𝐀𝐌𝐀𝐒𝐇𝐔𝐒𝐇𝐎🎥

Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, yasabye imbabazi Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi, anashimira Perezida Kagame wamubabariye agafungurwa.

20/12/2025

🎥𝐀𝐌𝐀𝐒𝐇𝐔𝐒𝐇𝐎🎥

AFC/M23 yatangaje ko u Burundi udakwiye gukomeza kuzitira impunzi z’Abanye-Congo zishaka gusubira mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu gihe yo yafashije Abarundi barenga 1000 gusubira iwabo.

20/12/2025

Marketing : 0788 89 59 53 Editor : 0788 27 26 21 Management : 0788 74 29 08 Emails : [email protected] / [email protected]

Ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri RDC (MONUSCO) bwongerewe umwaka, buhabwa izindi nshingano zirimo kugen...
20/12/2025

Ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri RDC (MONUSCO) bwongerewe umwaka, buhabwa izindi nshingano zirimo kugenzura iyubahirizwa ry’agahenge mu bice birimo Intara ya Kivu y’Amajyepfo.

Umutwe wihariye wa MONUSCO, FIB, wemerewe gukomeza ibikorwa birimo kugaba ibitero ku mitwe yitwaje intwaro, waba ukora wonyine cyangwa se ukorana n’ingabo za RDC.

Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano kafashe umwanzuro wo kongerera igihe ubutumwa bw’amahoro bwawo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), ihuriro AFC/M23 rigenzura ibice byinshi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo ryibandwaho.

20/12/2025

🎥𝐀𝐌𝐀𝐒𝐇𝐔𝐒𝐇𝐎🎥

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko nyuma y’aho u Rwanda na RDC bigiranye amasezerano y’amahoro, zizajya zibutsa buri ruhande ibyo rugomba kubahiriza mu gihe habayeho kuyarengaho.

Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, yasabye imbaba...
20/12/2025

Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, yasabye imbabazi Abanyamuryango ba FPR - Inkotanyi, anashimira Perezida Kagame urangwa n’imbabazi, wamubabariye agafungurwa.

Ati "Bitabaye ku bw’imbabazi nari kuba ntari hano, nari kuba ndi aho ibyaha nakoze amategeko yagennye ko njya kandi mpakwiye ariko mu bushishozi bwanyu no mu bupfura bwanyu, mushima kunkurayo bidasabye ko igihe cyagenwe kigera.”

Perezida Kagame yamusubije ko yizera ko ibyabaye byose yabikuyemo isomo ku buryo ubu agiye gukora neza kurusha; undi amubwira ko yahindutse ko imbabazi yahawe zituma yumva “ iri joro nsinziriye najya mu ijuru kandi nishimye”

Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, yasabye imbabazi Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi, anashimira Perezida Paul Kagame urangwa n’imbabazi, wamubabariye agafungurwa.

Rwandan Ambassador to Morocco, Shakilla Umutoni who also represents Rwanda in Mauritania and Tunisia, has said that the ...
20/12/2025

Rwandan Ambassador to Morocco, Shakilla Umutoni who also represents Rwanda in Mauritania and Tunisia, has said that the relationship between Rwanda and Morocco is strong, with both countries benefiting from their partnership in various sectors, including politics, trade, education, agriculture, and others.

She shared these insights in an interview with IGIHE following the first-ever ’Marrakech Coffee & Tea Festival’ in Morocco, which provided a unique opportunity for Rwandan investors to showcase the quality of Rwandan coffee and tea on the international stage.

Full article⤵️⤵️
https://en.igihe.com/spip.php?page=mv2_article&id_article=56600

Guverinoma y'u Rwanda yashimye uruhare rwa ADEPR mu guteza imbere uburezi, kwita ku buzima no mu rugendo rw'ubumwe n'ubw...
20/12/2025

Guverinoma y'u Rwanda yashimye uruhare rwa ADEPR mu guteza imbere uburezi, kwita ku buzima no mu rugendo rw'ubumwe n'ubwiyunge mu Banyarwanda.

Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Dominique Habimana, yashimangiye ko ubufatanye bwa Leta n'imiryango ishingiye ku myemerere buzakomeza kuba umusingi w'iterambere.

Address

KN 2 Avenue
Kigali

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when IGIHE posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to IGIHE:

Share