IGIHE

IGIHE IGIHE is a private Rwandan-based company specialized in providing media & online multimedia services,
(3)

IGIHE Ltd is a private Rwandan-based company with a vision of becoming a regional multimedia powerhouse, specialized in providing media & online multimedia services, public relations and communications consultancies. From a humble beginning in 2009, with its inaugural product — the popular IGIHE news website [IGIHE.com] — the company has since grown to offer a wider range of multimedia services in

cluding; website designs, content development and hosting, videography & photography , audio recording services, etc. To this end, for the relatively short period IGIHE Ltd has been operational, it became the leading online publishing company in Rwanda with a vast experience in multimedia works.

Imyigaragambyo yo muri Iran igamije kwamagana ubutegetsi bw’iki gihugu imaze guhitana abantu barenga 3000 kuva yatangira...
17/01/2026

Imyigaragambyo yo muri Iran igamije kwamagana ubutegetsi bw’iki gihugu imaze guhitana abantu barenga 3000 kuva yatangira.

Inkuru irambuye 👇

Imyigaragambyo yo muri Iran igamije kwamagana ubutegetsi bw’iki gihugu imaze guhitana abantu barenga 3000 kuva yatangira.

France Mpundu uri mu bahanzi bagezweho mu muziki w’u Rwanda, yatanze ibyishimo ku bitabiriye igitaramo cye cya mbere cya...
17/01/2026

France Mpundu uri mu bahanzi bagezweho mu muziki w’u Rwanda, yatanze ibyishimo ku bitabiriye igitaramo cye cya mbere cyabereye muri ’Institut Français du Rwanda’ mu ijoro ryo ku wa 16 Mutarama 2026.

Inkuru irambuye 👇

France Mpundu uri mu bahanzi bagezweho mu muziki w’u Rwanda, yatanze ibyishimo ku bitabiriye igitaramo cye cya mbere cyabereye muri 'Institut Français du Rwanda' mu ijoro ryo ku wa 16 Mutarama 2026.

Abaturage bo muri Santere ya Kamanyola muri RDC bifuza ko Leta y’u Burundi zibasobanurira impamvu ingabo zayo zabasutseh...
17/01/2026

Abaturage bo muri Santere ya Kamanyola muri RDC bifuza ko Leta y’u Burundi zibasobanurira impamvu ingabo zayo zabasutseho ibisasu mu ntangiriro za Ukuboza 2025 kandi batarazirwanyaga.

Ibi bisasu byarengaga 150 byishe abaturage umunani ba Kamanyola, abandi 55 barakomereka.

Inkuru irambuye 👇

Abaturage bo muri santere ya Kamanyola, Intara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bifuza ko ingabo z’u Burundi zibasobanurira impamvu zabasutseho ibisasu mu ntangiriro za Ukuboza 2025 kandi batarazirwanyaga.

Venezuela’s acting president announces cabinet reshuffle.Read more👇
17/01/2026

Venezuela’s acting president announces cabinet reshuffle.

Read more👇

Venezuela's Acting President Delcy Rodriguez on Friday announced three changes to her cabinet.

New African swine fever outbreak reported in S. Korean farm.Read more👇
17/01/2026

New African swine fever outbreak reported in S. Korean farm.

Read more👇

An outbreak of African swine fever (ASF) has been confirmed at a pig farm in Gangneung, a city in South Korea's Gangwon province, Yonhap News Agency reported Saturday.

Ibigezweho mu matora yo muri Uganda:➡️Museveni akomeje kuza imbere mu majwi, kugeza ubu afite 73,72%➡️Bobi Wine uri ku m...
17/01/2026

Ibigezweho mu matora yo muri Uganda:

➡️Museveni akomeje kuza imbere mu majwi, kugeza ubu afite 73,72%

➡️Bobi Wine uri ku mwanya wa kabiri yatangiye kwanga ibyavuye mu matora.

➡️Abantu barenga 10 baguye mu mvururu zatangiye kuvuka.

➡️Urugo rwa Bobi Wine rwagoswe n’inzego z’umutekano, Polisi yavuze impamvu

➡️Igisirikare cya Uganda cyahakanye gushimuta Bobi Wine.

Inkuru irambuye 👇

Mu gihe habura amasaha make ngo Komisiyo y’Amatora muri Uganda itangaze ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu, imibare iri kugaragaza ko nta gihindutse yegukanwa na Yoweri Kaguta Museveni kandi ku kinyuranyo kinini.

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyagaragaje ko ubucuruzi mpuzamahanga bw’u Rwanda bwageze kuri miliyoni 1.93...
17/01/2026

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyagaragaje ko ubucuruzi mpuzamahanga bw’u Rwanda bwageze kuri miliyoni 1.932 $ mu gihembwe cya gatatu cya 2025.

Ibihugu byoherejwemo ibicuruzwa byinshi bikomoka mu Rwanda birimo RDC, Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, u Bushinwa, Uganda na Luxembourg.

Inkuru irambuye 👇

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyagaragaje ko ubucuruzi mpuzamahanga bw’u Rwanda bwageze kuri miliyoni 1.932 $ mu gihembwe cya gatatu cya 2025, bigaragaza igabanyuka rya 25,7% ugereranyije n’igihembwe nk’iki cya 2024.

Guverinoma ya RDC iri gutegura uko yakwitambika ko Louise Mushikiwabo yazongera gutorwa ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru...
17/01/2026

Guverinoma ya RDC iri gutegura uko yakwitambika ko Louise Mushikiwabo yazongera gutorwa ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru wa OIF, nyuma yo kumenya ko azahatanira manda ya gatatu.

Mushikiwabo ni Umunyamabanga Mukuru wa OIF kuva muri Mutarama 2019. Ibihugu byinshi bigize uyu muryango byashimye ibyo yakoze muri manda ebyiri, bimusezeranya ko bizongera kumutora. RDC yo ntibikozwa, aho bivugwa ko ishaka gutanga umukandida.

Inkuru irambuye 👇

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bushaka gutanga umukandida wabwo ku Munyamabanga Mukuru w’Umuryango OIF uhuza ibihugu bikoresha Igifaransa, mu gukumira ko Louise Mushikiwabo yazongera gutorwa.

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Togo byasinye amasezerano yo gukuriranaho gusaba visa ku baturage b’ibihugu byombi bafite pa...
17/01/2026

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Togo byasinye amasezerano yo gukuriranaho gusaba visa ku baturage b’ibihugu byombi bafite pasiporo z’ubwoko butandukanye.

Inkuru irambuye 👇

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Togo byasinye amasezerano yo gukuriranaho gusaba visa ku baturage b’ibihugu byombi bafite pasiporo z’ubwoko butandukanye.

Abapolisi n’abandi 47 bo mu nzego zishinzwe umutekano bo ku rwego rwa ba ofisiye bato mu nzego zishinzwe kugenzura iyuba...
17/01/2026

Abapolisi n’abandi 47 bo mu nzego zishinzwe umutekano bo ku rwego rwa ba ofisiye bato mu nzego zishinzwe kugenzura iyubahirizwa ry’amategeko, barangije amahugurwa ajyanye n’ubuyobozi no gukemura amakimbirane bari bamazemo amezi atanu, mu Ishuri rikuru rya Polisi (NPC) mu Karere ka Musanze.

Inkuru irambuye 👇

Abapolisi n'abandi 47 bo mu nzego zishinzwe umutekano bo ku rwego rwa ba ofisiye bato mu nzego zishinzwe kugenzura iyubahirizwa ry’amategeko, barangije amahugurwa ajyanye n’ubuyobozi no gukemura amakimbirane bari bamazemo amezi atanu, mu Ishuri rikuru rya Polisi (NPC) mu Karere ka Musanze.

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga akaba na Perezida w’Inama Nkuru y’Ubucamanza, Mukantaganzwa Domitilla, yasabye abacamanza...
17/01/2026

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga akaba na Perezida w’Inama Nkuru y’Ubucamanza, Mukantaganzwa Domitilla, yasabye abacamanza n’abanditsi b’inkiko bashya kugendera kure ruswa no kurangwa n’imyitwarire myiza mu nshingano binjiyemo.

Inkuru irambuye 👇

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga akaba na Perezida w’Inama Nkuru y’Ubucamanza, Mukantaganzwa Domitilla, yasabye abacamanza n’abanditsi b’inkiko bashya kugendera kure ruswa no kurangwa n’imyitwarire myiza mu nshingano binjiyemo.

Polisi ya Uganda yatangaje ko abantu barindwi bapfiriye mu bikorwa by’urugomo byabaye mu ijoro ryakurikiye amatora.Inkur...
17/01/2026

Polisi ya Uganda yatangaje ko abantu barindwi bapfiriye mu bikorwa by’urugomo byabaye mu ijoro ryakurikiye amatora.

Inkuru irambuye 👇

Polisi ya Uganda yatangaje ko abantu barindwi bapfiriye mu bikorwa by’urugomo byabaye mu ijoro ryakurikiye amatora.

Address

KN 2 Avenue
Kigali

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when IGIHE posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to IGIHE:

Share