IGIHE

IGIHE IGIHE is a private Rwandan-based company specialized in providing media & online multimedia services,
(3)

IGIHE Ltd is a private Rwandan-based company with a vision of becoming a regional multimedia powerhouse, specialized in providing media & online multimedia services, public relations and communications consultancies. From a humble beginning in 2009, with its inaugural product — the popular IGIHE news website [IGIHE.com] — the company has since grown to offer a wider range of multimedia services in

cluding; website designs, content development and hosting, videography & photography , audio recording services, etc. To this end, for the relatively short period IGIHE Ltd has been operational, it became the leading online publishing company in Rwanda with a vast experience in multimedia works.

06/09/2025
Minisitiri w’Intebe Wungirije w’u Bwongereza, Angela Rayner, yeguye kubera igitutu yokejwe nyuma yo kutishyura neza umus...
06/09/2025

Minisitiri w’Intebe Wungirije w’u Bwongereza, Angela Rayner, yeguye kubera igitutu yokejwe nyuma yo kutishyura neza umusoro w’imitungo ye.

Minisitiri w’Intebe Wungirije w’u Bwongereza, Angela Rayner, yeguye kubera igitutu yokejwe nyuma yo kutishyura neza umusoro w’imitungo ye.

“Navukanye ubwigenge, kandi nzabupfana.”Umuhanzi Khadja Nin ukomoka mu Burundi, uheruka guhishura ko yahisemo u Rwanda n...
06/09/2025

“Navukanye ubwigenge, kandi nzabupfana.”

Umuhanzi Khadja Nin ukomoka mu Burundi, uheruka guhishura ko yahisemo u Rwanda nko mu rugo ubuziraherezo kuri we, benshi mu Barundi bakarakazwa na byo abasubiza ko afite ubwigenge yavukanye bwo gukora icyo ashaka.

Umuhanzi Khadja Nin ukomoka mu Burundi umaze igihe gito ahishuye ko yahisemo u Rwanda nko mu rugo ubuziraherezo kuri we cyangwa igihugu kizaba amasaziro ye, benshi mu Barundi bakarakazwa na byo uyu mubyeyi yabasubije ko afite ubwigenge yavukanye bwo gukora icyo ashaka.

Guverinoma y’u Bufaransa yatangije ko igiye guca ibiribwa byose bibonekamo ikinyabutabire cya ni****ne, nyuma y’uko biga...
06/09/2025

Guverinoma y’u Bufaransa yatangije ko igiye guca ibiribwa byose bibonekamo ikinyabutabire cya ni****ne, nyuma y’uko bigaragaye ko ibyo bicuruzwa bigira ingaruka ku bana bakiri bato.

Guverinoma y’u Bufaransa yatangaje ko igiye guca ibiribwa byose bitari itabi ariko bibonekamo ikinyabutabire cya ni****ne, nyuma y’uko bigaragaye ko ibyo bicuruzwa bigira ingaruka ku bana bakiri bato, kandi umuntu ashobora kuba imbata yabyo.

Umurambo wa Musabyimana Gloriose wamamaye nka Gogo wapfiriye muri Uganda, wagejejwe mu Rwanda abajyanama be bavuga ko yi...
06/09/2025

Umurambo wa Musabyimana Gloriose wamamaye nka Gogo wapfiriye muri Uganda, wagejejwe mu Rwanda abajyanama be bavuga ko yishwe n’ibihaha n’ubwo yari asanganywe uburwayi bw’igicuri.

Umurambo wa Musabyimana Gloriose wamamaye nka Gogo wapfiriye muri Uganda, wagejejwe mu Rwanda abajyanama be bavuga ko yishwe n’ibihaha n’ubwo yari asanganywe uburwayi bw’igicuri.

Umusore uri mu kigero cy’imyaka 18 wo mu Mumurenge wa Ririma, mu Karere ka Bugesera, yiyahuye anyweye ibinini by’imbeba ...
06/09/2025

Umusore uri mu kigero cy’imyaka 18 wo mu Mumurenge wa Ririma, mu Karere ka Bugesera, yiyahuye anyweye ibinini by’imbeba nyuma y’uko umukobwa bakundanaga amwanze.

Umusore uri mu kigero cy'imyaka 18 wo mu Mudugudu wa Kabeza, Akagari ka Kabeza, Umurenge wa Ririma, mu Karere ka Bugesera, yiyahuye anyweye ibinini by’imbeba nyuma y’uko umukobwa bakundanaga amwanze.

President Kagame meets UN road safety envoy Jean Todt and award-winning actress Michelle Yeoh
06/09/2025

President Kagame meets UN road safety envoy Jean Todt and award-winning actress Michelle Yeoh

President Paul Kagame, on the afternoon of September 6, 2025, received Jean Todt, the United Nations Secretary-General’s Special Envoy for Road Safety, along with his wife, renowned actress Michelle Yeoh Todt.

Trump supports Kennedy’s vaccine stance despite health concerns
06/09/2025

Trump supports Kennedy’s vaccine stance despite health concerns

U.S. President Donald Trump on Saturday defended Health Secretary Robert F. Kennedy Jr., backing his controversial approach to vaccines even as critics warn of mounting risks to public health and to Trump’s own political standing.

Putin warns foreign troops in Ukraine will be treated as legitimate targets
06/09/2025

Putin warns foreign troops in Ukraine will be treated as legitimate targets

Russian President Vladimir Putin has warned that any foreign troops deployed to Ukraine amid the ongoing war would be considered “legitimate targets” by Moscow’s forces.

Address

KN 2 Avenue
Kigali

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when IGIHE posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to IGIHE:

Share