20/05/2020
BENโS HIGH SCHOOL
ENTRY PART 3
yakomezaga I butare, twaviriyemo
kubigega(abazi I nyanza murahazi).
We yarafite bag ntoya, yamfashije
gukura male muri bus, namanje
kubura moto. Gusa we yari yambwiye
ko Atari buhite ajya mukigo, ko
Part 3
ahubwo ari burare kwa mukuru we
ukora muri BK ishami ryanyanza.
Ubwo twatangiye kwiganirira migihe
ntegereje moto, esther: ese ubwo
moto ibuze wabigenza ute?
Me:najyana nawe, esther: ariko nawe
ben, ubwo se mukuru wange
namubwira ko ngukuyehe nirijoro?
Mpita musubiza nseka ntiwamubwira
ko ndi BF wawe.
Yahise ansimbikira arampobera
nange nfatiraho, dutangira kuganira
twongorerana. Umukobwa: mbega
wowe ben, ubwo nabimubwira wowe
utigeze unambwira ngo mbe GF
wawe? Sha urifake. Me: niki gisigaye
c? duhita dusekera icyarimwe. Ubwo
hashize nka 4min nta na inch iri
hagati yacu, twongorerana aho
kumuhanda, tudatinya abatureba,
kabisa urukundo rwo tururimo.
hashize akanya yaje kunyiyaka,
arambwira ngo . (gusa nge numvaga
ndahandi hantu kbsa, ukuntu
umukobwa yarateye neza, noneho
akangwamo 4min igashira, lol )
hashize akanya gato naje kubona
moto ndayihagarika, manza gushyira
male kuri moto, mpindukiyengiye
kumusezera ahita ambwira ubwo
arampobera ampa agapeck kwitama
(kiss kwitama, ariko nge sinabikora,
lol), ahita ambwira ngo โko unteze
c?โ ubwo twarongeye turahoberana,
peck nange ndayitanga ariko habura
uwarekura undi. Twarebanye mumaso
nka 20sec ntawuvugisha undi,
azakumbazaatiโben wahoze urya
bombo?โ( ubwo nahise numva
ahobigana,lol) me: ahubwo
zirikuguhumuraho, esther:reka
nikorere checking, ubwo murabyumva
namwe ntimurabana ibyahise bikurira,
twamaze nka 4min dusomana,
ntangiye ubwenge nabutaye, ntangiye
kumukorakora, ahita anyirekuza,
aransezera, aratambika ajya ngo
kwamukuru we.
Ubwo umumotari niwe wari
yahagorewe lol, yahise antwara
kukigo. Ubwo nahise ninjira mukigo,
gusa umusecurity yabanje kubigira
intambara ariko aza guhamagara
animateur, animateur amubwira
kundeka nkinjira, ubwo nahise
njyamubiro, animateur nawe amanza
kumbaza ibibazo byinshi bijyanye
nigitumye nza ayo masaha (doreko
saa yine zijoro zari zimaze kugera,
abandi banyeshuli bari bamaze kujya
kuryama. lol) gusa yaranyakiye kuko
nubundi abandi bayobozi bari
bamubwiye ko nijoro. Ubwo
animateur yahise anjyana muri dom
anyereka aho ngomba kuryama, ubwo
nahise nsasa ndaryama.
Nyuma sinzi ukuntu naje kubona
esther anyicaye imbere muri class,
turi kwiga math, akajya ahindukira
akanyicira akajisho , nkamwenyura
nawe ari uko. Ubwo twakomeje muri
ibyo nkubeshye ko hari ikintu teacher
yigishije nkakurikira naba nkubeshye.
Saa sita zaje kugera, tujyana muri
refectoire, turicarana, turanasangira
tunaganirira( abari murukundu nawe
urabyumva tudatinya abadutera
imboni, lol) turangije turimo
gusohoka muri ref, sinzi ukuntu naje
kwibuka ko yari yambwiye ko we s3
muri espanya, niko kumubaza,
me:arko ubundi ntiwambwiye ko wiga
muri espanya s3? Nigute uri aha
muri ESN? Esther:mbega wowe, ubwo
c urumva nari kuzabasha kwiga
ntakubona? Ubwo ntano kumubaza
ngo wabigenje ute ngo uze hano
muri ESN, nahise musimbukira
ndamuhobera,ibyishimo biraturenga
yewe ntano kwita ko aho twari turi
abanyeshuli bahanyuraga (ibuka
nawe ahantu mwacaga muvuye ref
abantu bahoberanye, lol) dutangira
gusomana abandi banyeshuli bareba,
twe ntacyo bitubwiye. Ngiye kumva
numva ibintu birigusakuza
NTUCIKWE na PART 4
Icyo mbasaba kitagoye nuko urangije gusoma
wese afata akanya agasiga like ye na share Ku
nshuti ze ibi byihutisha inkuru kandi bigatera
imbaraga umwanditsi
Like 500 na share 100 kunshuti cg group ubamo
najya mbaha episode 2
Wowe utarakanda like kuri page bikore inkuru
zitazajya zigucika murakoze