Rolling Motors and Quotes by hobz

Rolling Motors and Quotes by hobz the story is journey

14/09/2024

Big shout out to my newest top fans! Niyosemga Adidaa

23/07/2024

Ndabakunda cyane mwebwe mukunda gusoma inkuru mbagezaho

22/07/2024

Nitwa Aline ndi umukobwa uri hagati y'imyaka 20_25. Ndibana muri Ghetto hashize icyumweru nandukanye na murumuna wange, Kandi twari tumaranye imyaka ibiri tubana.

Muri 2020 narangije amashuri yisumbuye maze ntangira gushakisha uko ubuzima bwagenda neza dore ko ubushomeri buba Ari hatari. Ubwo murumuna wange yari agiye kujya mu mwaka wa gatanu. Ngewe na murumuna wange twabanaga mu nzu Aho nari narakodesheje hafi yikigo Aho murumuna wange yigaga ataha.

Naje kubona akazi ko gukora muri Saloon Aho natunganyaga imisatsi naje kuhahurira n'umusore ansaba ko twakundana maze ndabyemera ,nyuma y'amezi abiri twahise dutangira kubana dore ko nawe yibanaga maze araza turabana. Murumuna wange yahise ahindura ikigo dore ko nari maze kubona amafaranga ahagije yo kumurihira boarding school akajya yiga abamo naho nge nkibanira na Cher wange mushya nari maze kubona.
Imyaka niyatinze murumuna wange nawe aba arasoje hanyuma tubana nawe Aho nabaga na Cher wange ubwo nange natangiye kwihugura mu ishuri ryigisha imyuga ijyanye no gutunganya imisatsi ninzara. Umunsi umwe ntazibagirwa naratashye nsanga Cheri wange na murumuna wange bari kwicundeba umujinya uranyica,ndumva nakwiyahura. Naratuje ubwo mu rugo hatangira kuza umwiryane hagati yange na Cher kuko yari yanshiye inyuma. Ikintu cyambabaje Nuko karumuna kange nakabajije impamvu kemeye kuryamana na Cheri wange kakantuka kuburyo kendaga kurwana. Narabyihoreye maze mpitamo kujya Kwa mucuti wange twari twiganaga maze aranshumbikira. Nyuma yiminsi mike nasubiye kureba murumuna wange ambwira ko yikundanira nuwahoze Ari Cheri wange maze ndamubwira ngo amureke arananira.kandi ngewe nabonaga nta rukundo rurimo uretse irari gusa kuko bahoraga bicundeba gusa.

Maze kubona ko nashobora kubatandukanya kuko bazaga kuyikorera Aho mbareba nange nagize gufuha nza guhura nundi mutipe ndamwiteretera tujyana kubana muri ghetto ye gusaigitangaje nawe nta rukundo yari afite uretse ko yashakaga kundeba mu ijipo gusa. Part 2.... loading

Thanks for being a top engager and making it on to my weekly engagement list! Dushimumukiza Jean Lambert, Jean De Dieu H...
09/07/2024

Thanks for being a top engager and making it on to my weekly engagement list! Dushimumukiza Jean Lambert, Jean De Dieu Harakaneza

08/07/2024

Ndabakunda cyane mwewe mufata umwanya mugasoma injury tubaha

04/07/2024

Blaise is destined for success as he perseveres through life's hardships to achieve his dream of becoming a doctor. Despite the challenges he faces, his determination and resilience will guide him towards a bright future. Blaise's unwavering focus and passion for medicine will undoubtedly lead him to fulfilling his aspirations and making a positive impact in the field. With his unwavering dedication and drive, there is no doubt that Blaise will succeed in his pursuit and become the doctor he envisions himself to be.

03/07/2024

Nyàgasani fasha umuntu wese ufite umutima ukunyotewe
Umurinde umubi

02/07/2024

Amazina yange ni Ndayizeye amos.
Ndi umusore wimyaka 22 ndashaka kubagezaho ubuhamya bwange.

Mu mwaka wa 2020 ubwo nari ndi mu mashuri yisumbuye nibwo hadukaga icyorezo cya COVID-19 ubwo amashuri yahagaze tukajya kuba muri Gumamurugo. Icyo gihe ntabwo nakundaga gukoresha telephone gusa papa yarayinguriye ngo njye mbasha gusubira mu masomo yange. Kubera ko twari dufite internet narigaga maze narangiza nkajya ku mbuga zitandukanye maze nkareba amafoto yurukozasoni bituma ntangira kujya nikinisha.

Nakomeje kubikora kugeza na lockdown ivuyemo. Twasubiye ku ishuri nkajya mbikora rimwe na rimwe. Twagera mu biruhuko bikarushaho.

Nabikoze kenshi gusa umunsi umwe ndi kurubuga rwa Whatsapp nagiye muri group imwe maze batwigisha uburyo Ari bibi maze nange nangira kujya nitoza gusenga. Maze umwaka n'amezi abiri ntarongera kwikinisha.
Ubutumwa nshaka kubaha ni ubu.

Igihe cyose witoje ikiza ntugahagarare kubikora Kandi mureke twe guha Satani imibiri yacu ngo ayigenge ahubwo mureke ibe urusengero ruzima rwa Christ maze atugenge.

Abaroma 12:1
Bene data ndabinginga kubwo urukundo rwa kristo ngo mutange imibiri yanyu ibe ibbitambo bizima Kandi bishimwa nimana abari ko kuyikorera gukwiye . Ntimwishushanye nAbiki gihe.

Niba wumva ubu butumwa bwagufashije kora like unakore share bugere kubantu benshi
muri comment ngo

02/07/2024

Mu rugendo rw' ubuzima tugomba gushora twiga
゚viralfbreelsfypシ゚viral

01/07/2024

INKURU UKWIYE GUSOMA
___________________________
Umusore umwe yafashe urugendo ajya gutega imodoka muri gare yarafite amafaranga make cyane ajyamujyana nayamugarura gusa.
Ageze muri gare asanga imodoka zabuze harinaho zazamuye ibiciro.akiraho yumvako amfaranga afite adahagije yabonye umukecuru uzamusanga ati"mwana wanjye nabuze tike ndakwinginze mpa 1000Fr"umusore yibuka ko afite igihumbi kimujyana nikimugarura gusa ntayandi,arangije abwira mukecuru at I"nukuri ntamafaranga mfite",undi aragenda wamusore yibuka ko bibiliya igira iti"gutanga bizana umugisha kuruta guhabwa"agarura wamukecuru amuha cyagihumbi atazi ahari buvane andi.
Umukecuru aramushima arigendera wa musore ajya muri gahunda ze, mugihe cyogutaha yibuka ko nta mafaranga afite,arahangayika bikomeye maze atangira gutakambira aba shoferi ngobamuhe Lifti,akiraho yashobewe aba yakiriye message kuri phone ivuye kuri Bank afitemo konte, message ivuga iti "wakiriye $100 000(amadorale ibihumbi ijana mu byukuri ni menshi bikomeye).
Umusore yanga kubyizera ajya kuri Bank hafi aho kubaza asanga nibyo koko,dore ngo ibyishimo biramusaga nuko atangira kwibaza ati "ese wa mukecuru yari muntu ki?!
Ibuka nawe ko Imana yagukorera ibitangaza biruta ibi.wirinde kwirengagiza abandi Imana itazakwirengagiza ,ibuka Roti wakundaga gucumbikira abantu nyuma aza gucumbikira abamarayika bera atabizi.
Nawe hariho igihe wazahura na yesu imbona nkubona akakuvana kuri zero akakugira intwari.
Ntiwirengagize ngo ugende utanditse AMENA kuko wasanga nyuma yaho ariho imigisha yawe igusesekaraho ku bw'ubuntu bw'Imana,kdi ntugende udakoze SHARE waba usuzuguye ubu butumwa bwiza,Ikindi gira ubuntu ukore share ubugeze ku bandi Imana irakwitura iyo neza n'ubutumwa bwiza uraba ugejeje ku bandi bantu batakaje ICYIZERE. https://facebook.com/groups/390420291931732/

Address

Kirambo

Telephone

+250782042896

Website

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Rolling Motors and Quotes by hobz posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to Rolling Motors and Quotes by hobz:

Videos

Share