Journals Update news

  • Home
  • Journals Update news

Journals Update news Contact information, map and directions, contact form, opening hours, services, ratings, photos, videos and announcements from Journals Update news, Media/News Company, .

Nyuma Yuko Umutoza Jurgen Klopp afashe icyemezo cyo kuzava muri Liverpool mu mpera z'uyu mwaka w'imikino, Xabi Alonso ni...
26/01/2024

Nyuma Yuko Umutoza Jurgen Klopp afashe icyemezo cyo kuzava muri Liverpool mu mpera z'uyu mwaka w'imikino, Xabi Alonso niwe uhabwa amahirwe yo kuba yamusimbura kuri uyu mwanya nubwo we abihakana
Aganira na yagize ati" Nishimiye kuba ndi hano muri .

15/03/2022
  Le Président de la République SE Evariste Ndayishimiye vient de recevoir en audience une délégation rwandaise de haut ...
15/03/2022

Le Président de la République SE Evariste Ndayishimiye vient de recevoir en audience une délégation rwandaise de haut niveau conduite par Gen. Maj. Albert Murasira, Ministre de la Défense du , qui était porteur d’un Message de son Homologue SE Paul Kagame.

Umuhungu wa Perezida Museveni wa  , Lt Gen Muhoozi wari uherutse gutangaza ko yemeranyijwe na Perezida   ko azagaruka mu...
14/03/2022

Umuhungu wa Perezida Museveni wa , Lt Gen Muhoozi wari uherutse gutangaza ko yemeranyijwe na Perezida ko azagaruka mu Rwanda bakaganira, yamaze kugera ku Kibuga cy’Indege i Kanombe kuri uyu wa Mbere tariki 14 Werurwe 2022

10/03/2022

Twamemye amakuru ko Umutoza Mashami Vincent amaze kumenyeshwa na FERWAFA ko amasezerano ye nk'Umutoza w'ikipe y'igihugu atazongerwa.

BREAKING:Roman Abramovich has had his assets frozen and has been hit with a travel ban in new UK sanctions against Russi...
10/03/2022

BREAKING:

Roman Abramovich has had his assets frozen and has been hit with a travel ban in new UK sanctions against Russian oligarchs.

The sale of Chelsea Football Club is now not allowed. The club is not allowed to sell tickets, only season ticket holders will attend games and no away fans are expected to be allowed at grounds.

UK Government: “Abramovich is associated with a person who is/has been involved in destabilising Ukraine & undermining/threatening territorial integrity, sovereignty & independence of Ukraine, namely Vladimir Putin, with whom (he) has had close relationship for decades.”

❌ Sale put on hold till further notice
❌ No more ticket sales
❌ No more merchandise sales
❌ No new contract extensions
❌ No new transfers in or out

✅ Salaries will be paid
✅ Season tickets still valid as already sold



Imitungo y"umukire Ibramovich nayo irafatiriwe, abafana ntibemerewe kugura amaticket keretse abagurira rimwe, Chelsea ntikigurishijwe , Imikino izakinira hanze (Away ) Ntabafana bemerewe kuyireba mbega akaga umukire ahuye nako!!!!!!

President Uhuru Kenyatta is received by First Lady Margaret Kenyatta and her Rwanda counterpart Jeanette Kagame at the K...
08/03/2022

President Uhuru Kenyatta is received by First Lady Margaret Kenyatta and her Rwanda counterpart Jeanette Kagame at the Kenya School of Government in Lower Kabete, Nairobi City County where he is the Chief Guest at this year's International Women’s Day national celebration.

Umuhungu wa Museveni, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, yatangaje ko yasezeye mu Ngabo ...
08/03/2022

Umuhungu wa Museveni, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, yatangaje ko yasezeye mu Ngabo z’iki gihugu yari amazemo imyaka 28.

Ku itariki imwe ukwezi kumwe ariko imyaka itandukanye:Iyo Mandela yafunguriweho, niyo Whitney Houston yapfuyehoKu ifoto:...
11/02/2022

Ku itariki imwe ukwezi kumwe ariko imyaka itandukanye:

Iyo Mandela yafunguriweho, niyo Whitney Houston yapfuyeho

Ku ifoto: Nelson Mandela na Whitney Houston i Pretoria muri Africa y'Epfo mu 1994

Guinness World Records ivuga ko ari we mugore wahawe ibihembo byinshi mu bandi bahanzi bose b’abagore, ni umuhanzi wa mbere kopi za muzika ye zaguzwe kurusha abandi bose ku isi.

Ku myaka 19 gusa yari yatangiye kuririmba nk’uwabigize umwuga afite inzu ya muzika akoreramo, hari hashize igihe impano ye igaragariye muri korali zo mu rusengero.

Indirimbo ze zarakunzwe bitangaje kuko kugeza ubu ni we muhanzi wenyine wagize indirimbo zirindwi zikurikiranya ziza ku mwanya wa mbere ku rutonde rw’indirimbo 100 zikunzwe cyane muri Amerika, US Billboard Hot 100, hagati ya 1985 na 1988.

Mu 1998 ni we wari umuhanzi ukomeye cyane wari utegerejwe muri concert rurangiranwa yo kwizihiza isabukuru y’imyaka 70 ya Nelson Mandela yabereye kuri Wembley Stadium i Londres.

Muri uwo mwaka nyuma yo kwamamara bikomeye cyane kw’indirimbo ye “My Love Is Your Love”, yasinye amasezerano ya miliyoni $100 n’inzu itunganya muzika Arista Records, igiciro kiri hejuru cyane icyo gihe ku bahanzi.

Kuva mu 2000 yatangiye kugira ibibazo ku giti cye, akica gahunda zose, agasubika ibitaramo.

Biza kumenyakana ko yasaritswe n’ibiyobyabwenge yashowemo n’umugabo we Bobby Brown.

Yahuye n’ingorane zinyuranye, ajya mu manza, ndetse mu 2007 atandukana na Bobby Brown.

Yagarutse muri muzika ariko akomeza kugorwa no gukoresha ibiyobyabwenge, mu 2011 yagiye mu nzu zifasha abo byasaritse ari nako akomeza kugerageza kongera kugarura izina rye muri muzika.

Tariki 09/02/2012 yagiye ku rubyiniro gufatanya n’umuhanzi w’indirimbo ziririmbirwa Imana witwa Kelly Price i Hollywood muri California baririmba indirimbo "Jesus Loves Me".

Aho nibwo bwa nyuma yabonetse aririmbira abantu, kuko hashize iminsi ibiri ku itariki 11/02 bamusanze mu rwogero (bathtub/ baignoire) y’icyumba cya Beverly Hilton Hotel byarangiye.

Polisi yatangaje ko yishwe no kurohama mu mazi bivuye ku gukoresha co***ne n’uburwayi bw’umutima.

Indirimbo ye ya nyuma ni iyitwa "Celebrate" yari amaze igihe gito ari gukorana na Jordin Sparks, yasohotse mu kwezi kwa gatanu 2012.

Abahanzi batandukanye bemeje ko Whitney Houston yababereye urugero muri muzika muri bo harimo; Mariah Carey, Toni Braxton, Lady Gaga, Christina Aguilera, Jessica Simpson, Nelly Furtado, Kelly Clarkson, Britney Spears, Ciara, P!nk, Robin Thicke,na Ariana Grande.

Ni iyihe ndirimbo ya Whitney Houston wakunze kurusha izindi?

Photo/Reuters

  | FT SENEGAL 🇸🇳 0-0 🇪🇬 EGYPT Pen (4-2) Congratulations SENEGAL, Félicitations ALIOU CISSÉ Finally, SENEGAL EST CHAMPIO...
06/02/2022

| FT

SENEGAL 🇸🇳 0-0 🇪🇬 EGYPT

Pen (4-2)

Congratulations SENEGAL,
Félicitations ALIOU CISSÉ

Finally, SENEGAL EST CHAMPIONS D’AFRIQUE.

One comment if you are Happy

NI IKI WAVUGA WOWE NYUMA YO KUBONA SENEGAL ITWARA IGIKOMBE?

Ubyakiriye Ute?

📸AMAFOTO📸Lt General Muhoozi Kainerugaba, Umugaba w'Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka yasoje uruzinduko rw'umunsi umwe...
22/01/2022

📸AMAFOTO📸

Lt General Muhoozi Kainerugaba, Umugaba w'Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka yasoje uruzinduko rw'umunsi umwe yagiriraga mu Rwanda.

ThEUPDATE Yitwa Mael Dindjeke, ni umunya Cameroon 🇨🇲 w’imyaka 23. Bayingana David wa B&B FM Umwezi ati ni Ijigo RAYON SP...
19/01/2022

ThEUPDATE

Yitwa Mael Dindjeke, ni umunya Cameroon 🇨🇲 w’imyaka 23.

Bayingana David wa B&B FM Umwezi ati ni Ijigo RAYON SPORTS FC izanye gutsinda ibitego, ategerejwe i Kigali muri iri joro.

Yabarizwaga mu ikipe yitwa PWD y’i Bamenda.

Duhugurane: Menya Ubuzima bwa Martin Luther King Jr, icyamamare mu guharanira Uburenganzira bw’Umwirabura muri Amerikaht...
19/01/2022

Duhugurane: Menya Ubuzima bwa Martin Luther King Jr, icyamamare mu guharanira Uburenganzira bw’Umwirabura muri Amerika

https://theupdate.co.rw/inkuru-ndende/duhugurane-menya-ubuzima-bwa-martin-luther-king-jr-icyamamare-mu-guharanira-uburenganzira-bwumwirabura-muri-amerika/

Ijambo “Mfite Inzozi” rya Martin Luther King, asaba ko habaho uburinganire bw’amoko yose muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ni rimwe mu magambo afatirwaho urugero cyane, yatanze ubutumwa bukomeye cyane ndetse yamamaye cyane yo muri ibi bihe.

HISTORY-MAKER Rwanda's Salima Mukansanga becomes the first woman to referee at the men's Africa Cup of Nations as     pl...
18/01/2022

HISTORY-MAKER

Rwanda's Salima Mukansanga becomes the first woman to referee at the men's Africa Cup of Nations as plays -

Nyabuneka abandi bafati i ry’iburyo.



Tunibuke gushima yamuhaye amahirwe.👏✅

18/01/2022

Amateka arandikwa mu bitabo bya football haraba ari 18h00 ku isaha yo mu Rwanda.

Umunyarwandakazi Salima Rhadia Mukansanga araba umugore wa mbere usifuye mu kibuga hagati mu mikino ya nyuma ya . Ni umukino uhuza Zimbabwe na Guinea kuri Ahmadou Ahidjo Stadium i Yaounde.

Ikindi wamenya ni uko uyu mukino ubaye uwa mbere mu mateka ya CAN usifuwe n'itsinda ry'abasifuzi b'abagore gusa.

Abandi bafatanya na Salima ni Carine Atemzabong (Cameroon), Fatiha Jermoumi (Morocco) ndetse na Bouchra Karboubi (Morocco) uza kuba ari kuri VAR.

Amateka arandikwa mu bitabo bya football haraba ari 18h00 ku isaha yo mu Rwanda.Umunyarwandakazi Salima Rhadia Mukansang...
18/01/2022

Amateka arandikwa mu bitabo bya football haraba ari 18h00 ku isaha yo mu Rwanda.

Umunyarwandakazi Salima Rhadia Mukansanga araba umugore wa mbere usifuye mu kibuga hagati mu mikino ya nyuma ya . Ni umukino uhuza Zimbabwe na Guinea kuri Ahmadou Ahidjo Stadium i Yaounde.

Ikindi wamenya ni uko uyu mukino ubaye uwa mbere mu mateka ya CAN usifuwe n'itsinda ry'abasifuzi b'abagore gusa.

Abandi bafatanya na Salima ni Carine Atemzabong (Cameroon), Fatiha Jermoumi (Morocco) ndetse na Bouchra Karboubi (Morocco) uza kuba ari kuri VAR.

Media/news company

Umusifuzi Mpuzamahanga w’Umunyarwandakazi araza kwandika Amateka yo kuba Umusifuzi wo hagati mu Mukino uza kuyoborwa n’A...
18/01/2022

Umusifuzi Mpuzamahanga w’Umunyarwandakazi araza kwandika Amateka yo kuba Umusifuzi wo hagati mu Mukino uza kuyoborwa n’Abagore mu Mateka y’Igikombe cy’Afurika
https://theupdate.co.rw/imikino/afcumusifuzi-mpuzamahanga-wumunyarwakazi-araza-kwandika-amateka-yo-kuba-umusifuzi-wo-hagati-mu-mukino-uza-kuyoborwa-nabagore-mu-mateka-yigikombe-cyafurika/

Umunyarwandakazi Salma Rhadia Mukansanga araza gusifura umukino wa mbere mu Mateka y’Igikombe cy’Afurika uza kuba uyobowe n’Abasifuzi b’Abagore gusa. Ni umukino uza kuba uyu munsi ku wa Kabiri.

Address


Website

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Journals Update news posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Shortcuts

  • Address
  • Alerts
  • Claim ownership or report listing
  • Want your business to be the top-listed Media Company?

Share