Ishusho y'ubuzima

Ishusho y'ubuzima Menya amakuru agezweho, amasomo akubiye mu bitabo , kurikira ibiganiro Kuri ABAGENIUS TV
byose byizewe 100%

19/10/2024

With Dr Fami – I just got recognised as one of their top fans!

27/04/2024

Akenshi,twese Abantu twifuza iterambere , no kugera kunzozi zacu.

Abenshi tujya twibaza ibanga ushobora gukoresha kugira ngo ugere kunzozi zawe.

*Uyumunsi twabateguriye inzira 5 zagufasha kugera kuntego zawe.*

*1)inzozi uko zanganazose ntizishobora kugerwaho igihecyose nyirazo ntaruhare azigizemo, kugira ngo ubigereho bizagusaba Kuba responsable w'ubuzima bwawe*

*2) igihe cyose utaraha agaciro igihecyawe ntagihe nakimwe uzigera ugera kunzozi ufite, guha agaciro igihecyawe ni ingenzi mbisubiremo ni ingenzi*

*3) kugirango imodoka igendeneza mumuhanda bisaba ibya ngombwa byinshi, no kugirango ugere kunzozi zawe nibyiza gushyiraho umironko ngenderwaho yuko uzagera kunzozi zawe*

*4) Ni ingenzi kumenya imbogamizi zishobora ku kubuza kugera ku nzozi zawe kugirango umenye uko ugomba kubikosora*

*5) igihe cyose utangiye urugendo rwiterambere ni ngombwa gusubiza Amaso inyuma ukisuzuma*

*6) Niba ushaka gutera Imbere gerageza wivumburemo impano urusha abandi kugirango uyihereho uzamura iterambere ryawe*.

Mugusoza tubifurije umugisha n'amahoro mubyo mukora. Njye nitwa
@ Albert Mélo

Kora follow kubikorwa byacu unyuze aha 👇👇

01/03/2024
Update news: Président Hage Geingob yitabye Imana kumyaka 82 nyuma yibyumweru 3 arikwitabwaho n'abaganga mubitaro byitwa...
04/02/2024

Update news: Président Hage Geingob yitabye Imana kumyaka 82 nyuma yibyumweru 3 arikwitabwaho n'abaganga mubitaro byitwa Lady Pohamba Hospital byubatse mumujyi Windhoek. Hage yavutse kuya 3 Kanama 1941 avukira ahitwa Otjiwarongo homuri Namibia.

Akaba atabarutse afite ana 3.

03/02/2024

Shakisha YouTube channel yitwa Kigalireports uduhe inkunga yawe ya Subscribe

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwongeye gusubika urubanza Ubushinjacyaha buregamo Kazungu Denis kubera Inama y’abakoz...
03/02/2024

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwongeye gusubika urubanza Ubushinjacyaha buregamo Kazungu Denis kubera Inama y’abakozi b’inkiko yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 2 Gashyantare 2024.



Mu itangazo ryashyizweho umukono na Perezida w’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, Udahemuka Adolphe, ryashyizwe ahasanzwe hamanikwa urutonde rw’imanza ziteganyijwe buri munsi muri urwo rukiko, rigaragaza ko ibikorwa byarwo byose byari biteganyijwe byasubitswe.



Rikomeza rigaragaza ko abarugana bakeneye serivisi z’urukiko bashobora kuzisaba bakoresheje ikoranabuhanga ryifashishwa mu nkiko rya IECMS.



Uru rubanza rwahise rwimurirwa Ku wa 9 Gashyantare 2024 saa tatu za mu Gitondo, rwaherukaga gusubikwa kuwa 12 Mutarama 2024, ku busabe bw’umwunganizi wa Kazungu Denis wasabaga guhabwa umwanya wo kubanza gutegura neza dosiye.



Ni mu gihe ku wa 5 Mutarama 2024, nabwo rwari rwasubitswe biturutse ku busabe bw’Ubushinjacyaha kuko yari afite imanza ebyiri basaba ko zahuzwa.



Kazungu Dennis uri gukurikiranwa mu nkiko aregwa ibyaha birimo ubwicanyi bw’abantu bagera kuri 14 yarezwe n’urundi rubanza rwo gusambanya umugore ku ngufu.



Ni urubanza rwaregewe Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge mu Ukwakira 2023, aho umwe mu bafashwe ku ngufu na Kazungu yamureze ndetse akaba anasaba indishyi muri uru rubanza.

28/01/2024

iyi documentary iravuga agahinda impamvu yokubabara kwabanyafurika.twandikire kuri Watsapp 0780870804 Kandi mwibukegukanda Subscribe ,share, comment, kugiran...

Address

Kigali-rwanda
Kabuga

Telephone

+250780870804

Website

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Ishusho y'ubuzima posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Videos

Share